Amakuru
Abakozi b’Ishuri rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (IPRC Ngoma) kuwa 04/07/2020 bashyikirije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu karere ka Ngoma amashanyarazi akomoka ku...
Hi, what are you looking for?
Abakozi b’Ishuri rikuru ry’Imyuga n’Ubumenyingiro (IPRC Ngoma) kuwa 04/07/2020 bashyikirije abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu karere ka Ngoma amashanyarazi akomoka ku...
Urugamba rw’amasasu rwo kubohora igihugu rwararangiye ariko Kwibohora ni urugendo rukomeje rugana ku cyerekezo cyo kugira u Rwanda rutarangwamo ubukene, rufite ibikorwaremezo byorohereza abaturage...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 00638/2019/TC rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Kigali, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya 10/07/2020 ...
Padiri Gakirage Jean Bosco ni Umunyarwanda rukumbi w’Umupadiri wo mu Muryango witwa Gomboni Missionaries. Yasabye ikiruhuko i Roma ngo aze mu Rwanda gutanga umusanzu...
Itangazo ryatanzwe na RURA, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Nyakanga 2020, rivuga ko guhera ku wa Gatandatu tariki ya 4 Nyakanga 2020...
Ni igikorwa cyateguwe ku bufatanye bw’imiryango itari iya Leta iharanira ubuzima bwiza n’ubutabera yahuje imbaraga ibitewemo inkunga n’Umuryango w’Ubumwe bw’Iburayi (EU) kuva ku wa...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 01162/2017/TC/NYGE na RCOMA 00302/2018/CHC/HCC; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kane tariki ya 09/07/2020 guhera saa...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko butazihanganira abantu barenga ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 barimo abakomeje gucuruza inzoga mu tubari, abacuruzi batateganyije...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ivuga ko ariya mafaranga ari Leta ya America yayatanze ikaba yari ihagarariwe n’Ikigega cy’Abanyamerika gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga USAID. Amasezerano yasinywe none...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 01162/2017/TC/NYGE; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kabiri tariki ya 07/07/2020 saa kumi z’igicamunsi (16:00) azateza...
Umushinga Hinga Weze na Equity Bank, ku wa 30 Kamena 2020, bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire aho bizafasha abahinzi n’abarozi, koperative z’abahinzi n’ababagezeho imyongeramusaruro kubona...
Amakuru yakwirakwiye ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 28 Kamena 2020 nibwo abagizi ba nabi bishe umugabo wo mu murenge Gishamvu mu karere...
Mu itangazo riheruka twari twabamenyesheje ko hari cyamunara y’umutungo wa SIMACO Ltd ku wa mbere tariki ya 06/07/2020 ariko twasanze uwo munsi azaba ari...
Ikigurishwa: Umutungo utimukanwa UPI: 5/02/06/06/635 – 5/02/06/06/583 Tariki ya cyamunara: 30/06/2020 Isaha ya cyamunara: 16:00 Aho umutungo uherereye Umudugudu : Karumuna Akagari: Kanzenze Umurenge: Ntarama Akarere: Bugesera Telefoni wabarizaho: 0788461028/0788403301
Ikigurishwa: Umutungo utimukanwa UPI: 5/02/06/06/635 – 5/02/06/06/583 Tariki ya cyamunara: 02/07/2020 Isaha ya cyamunara: 12:00 Aho umutungo uherereye Akagari: Matimba Umurenge: Matimba Akarere: Nyagatare Telefoni wabarizaho: 0788461028/0788403301