Amakuru
Polisi ikorera muri Sitasiyo ya Ndera mu karere ka Gasabo ku bufatanye n’izindi nzego yatahuye urugo rwakorerwagamo inzoga zitemewe zizwi ku izina ry’Agasusurutso. Zari litiro...
Hi, what are you looking for?
Polisi ikorera muri Sitasiyo ya Ndera mu karere ka Gasabo ku bufatanye n’izindi nzego yatahuye urugo rwakorerwagamo inzoga zitemewe zizwi ku izina ry’Agasusurutso. Zari litiro...
Mu rwego rwo gushyigikira gahunda ya Guverinoma hagobokwa abaturage bahuye n’ingaruka z’icyoreza cya Koronavirusi, kubera ingamba zafashwe mu rwego rwo guhangana n’ikwirakwizwa ryacyo, ku...
Uko Guverinoma y’abicanyi yagendaga itsindwa urugamba rwa gisilikare yarwanaga na FPR-INKOTANYI, ni nako yageragezaga gushakisha uburyo bwose bushoboka ngo idatsindwa urugamba harimo kugura intwaro...
Ikigurishwa: Inzu UPI: 5/01/06/07/966 Tariki ya cyamunara: 12/06/2020 Isaha ya cyamunara: 10:00am Aho umutungo uherereye Akagari: Nsinda Umurenge: Muhazi Akarere: Rwamagana Telefoni wabarizaho: 0788307398 Soma itangazo hano hasi
Mu gihe Guverinoma yafashe ingamba zo kurekura ingendo zihuza Umujyi wa Kigali n’izindi ntara, abantu bafite amatsiko menshi yo kugera i Kigali, abandi bakumbuye...
Ku wa kabiri, tariki ya 2 Kamena 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul...
Kugira ngo harangizwe urubanza RC 00139/2018/TB/GAS, Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 08/06/2020 saa tatu za mugitondo (09:00am)...
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00036/2018/tb/KICU na RCA 00098/19/TGI/NYGE; Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 08/06/2020 saa tanu z’amanywa...
Umwe mu nararibonye z’u Rwanda, urangwa no gucisha make, umuhanga, umunyakuri kandi akaba n’inyangamugayo, Dr Charles Murigande wari Umuyobozi wungirije wa Kaminuza y’u Rwanda...
Ku manywa yo kuri uyu wa mbere tariki ya 1 Kamena 2020, muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro za bamwe...
Ikigo kigenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (CMA) cyahaye uburenganzira ku nshuro ya mbere ikigo cy’ubucuruzi cyo muri Afurika y’Epfo cyitwa “RH Bophelo Limited” kuza...
Abanyarwandakazi bari mu butumwa bw’amahoro cyangwa abigeze kubujyamo baravuga ko ubunararibonye bw’u Rwanda mu kwivana mu bibazo ari kimwe mu bintu by’ingenzi bibafasha gusohoza...
Binyujijwe ku rubuga rw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO), yavuze ko abaganga barwaje abarwayi ba Covid-19, abarwayi ndetse n’undi wese ugaragaza ibimenyetso by’icyo...
Impuguke mu miyoborere na politiki zisanga igihe kigeze ngo kubazwa inshingano no gushyira imbere inyungu rusange bibe umurage ku babyiruka. Ibi barabitangaza mu gihe...
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika biyemeje gushimangira ubufatanye mu bya gisirikare, binyuze mu ivugurura ry’amasezerano yari asanzwe hagati y’ibihugu byombi. Ku...