Kugira ngo harangizwe urubanza RC 00139/2018/TB/GAS, Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 08/06/2020 saa tatu za mugitondo (09:00am) azateza cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bufite ubuso bungana na Sqm 323 burimo inzu bubaruye kuri UPI: 1/02/12/04/1830 (yanditse kuri MUKABERA Mediatrice) wa Nikuze Marie Louise na Maniragaba Denys, uherereye mu mudugudu w’Amataba, Akagari ka Gatunga, Umurenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali; kugira ngo amafaranga avuyemo agabanwe na NIKUZE Marie Louise na MANIRAGABA Denys ku buryo bungana.
Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye. Uwakenera ibindi bisobanuro yabariza kuri telefoni: 0788461028
Bikorewe i Kigali ku wa 01/06/2020
Umuhesha w’inkiko w’umwuga
Me Ingabire Uwayo Lambert
Sé
