Amakuru
Kuri uyu wa 28 Gicurasi 2020 Urukiko rw’ibanze rwa Nyanza, Urugereko rwihariye rw’Urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambuka imipaka; rwasomeye Ntaganzwa Ladislas uregwa ibyaha...
Hi, what are you looking for?
Kuri uyu wa 28 Gicurasi 2020 Urukiko rw’ibanze rwa Nyanza, Urugereko rwihariye rw’Urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambuka imipaka; rwasomeye Ntaganzwa Ladislas uregwa ibyaha...
Mu murenge wa Kanzenze mu Kagari ka Kirerema mu mudugudu wa Bisesero habonetse umurambo w’umugabo wari umaze iminsi ibiri (2) abuze, akaba yasanzwe mu...
Bwa mbere mu Rwanda hatangijwe isomero ry’Igiswahili (Maktaba ya Kiswahili) ryashyizwe mu Isomero rusange rya Kigali. Ku ikubitiro ritangiranye ibitabo 416 birimo inyandiko zitandukanye...
Uwitwa NIYOYIGENERA Mary mwene NDAYAMBAJE Ildephonse na MUKAMURENZI Melanie utuye mu Mudugudu wa Rwimbogo, Akagari ka Nyamatete, Umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, uboneka kuri telefone 0786462166/072443982; Yasabye uburenganzira bwo gusimbuza izina Niyoyigenera izina Uwingeneye mu mazina asanganywe NIYOYIGENERA...
Nyuma y’uko Perezida Paul Kagame ahagaritse ku mirimo abari ba Guverineri b’Intara y’Amajyaruguru n’iy’Amajyepfo, kuri uyu wa kabiri tariki 26 Gicurasi 2020; Gatabazi Jean...
Mu Rwanda inzego zitandukanye zifite aho zihuriye na gahunda zo gufasha imiryango kurya neza hagamijwe kurwanya imirire mibi itera igwingira na zimwe mu ndwara...
Dusengiyumva Samuel akomoka mu cyahoze ari Komini Ntongwe, ubu ni mu Karere ka Ruhango. Yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, afite imyaka 13 gusa....
Afurika ni umwe mu migabane igize Isi. Afurika ni umugabane mwiza, ukize kuri byose. Uyu mugabane wa Afurika ufite Abahanga benshi bashoboye kwandika ibitabo....
Perezida w’inama y’ubuyobozi ya ADEPR, Kayigamba Callixte, aravugwaho kwivanga mu nshingano za Biro Nyobozi, agamije kuyica intege kubera inyungu ze bwite. Aya makimbirane akajije...
Ashingiye ku rubanza RCOM 00638/2019/TC rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Kigali, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga, aramenyesha abantu bose ko ku wa gatanu tariki ya 29/05/2020 saa yine za...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa Arusha n’urwa Yougoslavia (IRMCT), Serge Brammertz, yatangaje ko Bizimana Augustin wari ku rutonde rwa ba ruharwa...
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe kunywa icyayi, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyashimiye NAEB impano y’icyayi cy’u Rwanda bageneye abaganga n’abandi bakozi. Ni mu rwego rw’uko aba...
Ku wa Kane tariki 21 Gicurasi, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi yagejeje imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari y’igihe giciriritse hamwe n’imibare y’ikigereranyo cy’ingengo y’imari ya 2020/2021-2022/2023, ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe...
Kugira ngo harangizwe urubanza RC 00036/2018/TB/KICU na RCA 00098/19/TGI/NYGE, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 01/06/2020 saa tanu z’amanywa (11:00), azateza...
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00036/2018/TB/KICU rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 01/06/2020 azateza cyamunara imitungo ibiri...