Kugira ngo harangizwe urubanza RC00036/2018/TB/KICU rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro,
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 01/06/2020 azateza cyamunara imitungo ibiri itimukanwa ya Kayiranga Ferdinand na Muringirwa Marceline ikurikira:
– Saa saba z’amanywa (13:00) hazagurishwa inzu iri mu kibanza UPI: 1/03/10/03/880 giherereye mu mudugudu wa Kabaya, Akagari ka Rwimbogo, Umurenge wa Nyarugunga, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali;
– Saa cyenda z’igicamunsi (15:00) hazagurishwa inzu iri mu kibanza UPI: 1/02/11/06/1857 giherereye mu mudugudu wa Ruhangare, Akagari ka Rudashya, Umurenge wa Ndera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali.
Cyamunara izabera aho iyo mitungo iherereye. Ku bindi bisobanuro mwahamagara kuri: 0788461028
Bikorewe i Kigali, ku wa 21/05/2020
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Me Ingabire Uwayo Lambert
Se
