Amakuru
Ikigo cy’Igihugu cyita ku Burezi (REB) gitangaza ko abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye batazongera gukora ibizamini by’akazi, ahubwo ko hari komite izajya ibatoranya mu...
Hi, what are you looking for?
Ikigo cy’Igihugu cyita ku Burezi (REB) gitangaza ko abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye batazongera gukora ibizamini by’akazi, ahubwo ko hari komite izajya ibatoranya mu...
Turamenyesha ko uwitwa MIZERO Jean De l’Espoire mwene Baragahoranye na Usanzamahoro, utuye mu mudugudu wa Akabingo, Akagari ka Gakenke, Umurenge wa Kiramuruzi, Akarere ka...
Ibitaro bya Kigeme biherereye mu karere ka Nyamagabe, byahagaritse Serivise ku bigana bose nyuma y’uko hagaragayemo umuganga n’umuforomo banduye icyorezo cya COVID-19. Nk’uko tubikesha...
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu tariki 15 Nyakanga 2020 muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yize ku cyorezo cya...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 0068/15/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Kabiri tariki ya 21/07/2020...
Abaturage ba Bugesera bavuga ko kuba batagira amazi ari imbogamizi mukwirinda no gukurikiza amambwiriza yo kwirinda ikwirakwinzwa ry’icyorezo cya COVID-19. Ariko hari nabandi bagifite imyumvire...
Zimwe muri gahunda zashyizweho na guverinoma mu gufasha abaturage kwishakamo ibisubizo biri mu miryango zirimo Umugoroba w’ababyeyi n’inshuri z’umuryango. Izi gahunda zihawe imbaraga kandi...
Imurikabikorwa ritegurwa na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) ryagombaga kuba ku nshuro ya 15 rikabera ku Mulindi mu karere ka Gasabo aho risanzwe ribera, ryasubitswe...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe uwitwa Hamuli Ruben w’imyaka 26, akurikiranweho kurenga ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19, aho yafashwe atambaye agapfukamunwa, hanyuma yandika...
Abamotari babiri umwe ukorera mu karere ka Rutsiro undi mu ka Nyabihu, bafashwe batwaye kuri moto abakwirakwiza urumogi, kandi batatanze amakuru y’abo bari batwaye...
Minisiteri y’Ubuzima yahuguye abapolisi bakorera ku kicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku gukumira no kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. Ni amahugurwa yabereye ku kicaro gikuru...
Imiryango isaga 300 itishoboye yiganjemo abakora uburaya, abakundana bahije ibitsina, abangavu babyariye iwabo ndetse n’ababyeyi bafite abana bari munsi y’imyaka itanu, yaremewe inkunga y’ibiribwa...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wahaye u Rwanda inkunga ya miliyoni 10 z’amayero, ni ukuvuga akabakaba miliyari 10 z’amafaranga y’u Rwanda, azifashishwa mu bikorwa...
Abanyarwanda 12 bari bafungiye muri Uganda mu buryo bunyuranyije n’amategeko, uyu munsi bashyikirijwe Leta y’u Rwanda ku mupaka wa Kagitumba mu karere ka Nyagatare....
Ku wa Mbere taliki 06 Nyakanga 2020, ku kicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda, Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwashyize abasirikare 1,449 mu kuruhuko cy’izabukuru. Muri...