Amakuru
Munanguzi ni izina ry’inzoga nshya itemewe yagaragaye mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Rugera. Isuku n’uburyo iki kinyobwa gikorwamo biteye amakenga kuko bishobora...
Hi, what are you looking for?
Munanguzi ni izina ry’inzoga nshya itemewe yagaragaye mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Rugera. Isuku n’uburyo iki kinyobwa gikorwamo biteye amakenga kuko bishobora...
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, mu ngingo ya 162 mu gika cya 3, mbere y‟uko...
Abashinzwe gutegura igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi 2020” cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike...
Mu Rwanda hasanzwe hamenyerewe isomero ry’igihugu, ribamo ibitabo bitandukanye kandi mu ndimi zitandukanye bitewe n’urwo buri wese yiyumvamo. Ntibisanzwe ko abantu babona isomero ry’ibitabo...
Bamwe mu bakozi baribaza impamvu mu turere hari abakozi bashinzwe ubugenzuzi bw’umurimo, nyamara hakaba hakiri uruhuri rw’ibibazo byugarije abakozi mu nzego zitandukanye ziganjemo n’iz’abikorera....
Abakuru b’ibihugu 4 bazongera bahurire ku mupaka wa Gatuna mu minsi itari munsi ya 45 iri imbere mu rwego rwo gukomeza gushaka uko bazahura umubano w’u...
Bamwe mu batuye akarere ka Bugesera bavuga ko imyambarire idahwitse mu rubyiruko rw’abangavu, ari imwe mu mpamvu zitiza umurindi inda zitateganijwe zikomeje guterwa abangavu....
Imyanzuro y’Umwiherero wa 17 w’Abayobozi wabaye kuva ku itariki ya 16 kugeza ku ya 19 Gashyantare 2020, mu kigo cy’ingabo z’igihugu gitanga amasomo ya...
Habumugisha Patrick wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Nyagisozi, mu murenge wa Busogo, mu karere ka Musanze, yasezeye ku mirimo ye nyuma yo gukubitwa n’umuturage...
Hirya no hino mu Rwanda hari bamwe mu bakozi bakorera ibigo byigenga, bavuga ko abakoresha babo batajya babishyurira umusanzu w’ubwiteganyirize bw’abakozi, kandi babakase amafaranga...
Ibinyujije mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu tariki ya 19 Gashyantare 2020, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane (MINAFFET) yatangaje ko Leta y’u Rwanda yishimiye...
Binyujijwe ku rubuga rw’Umuryango wari warashinzwe na Kizito Mihigo, KMP (Fondation Kizito Mihigo pour la Paix), ubuyobozi bwawo bwatangaje ko umuhanzi Kizito Mihigo azashyingurwa...
Mu gicuku kinishye zigeze mu bakannyi (mu masaha ya saa cyenda n’iminota cumi n’umwe), ku wa gatatu tariki ya 19 Gashyantare 2020, ku mupaka...
Abanyerondo babiri barimo Musengimana Onesphore w’imyaka 32 na Hakizimana Frederic ufite imyaka 21, bo mu murenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru, bafashwe bamaze kwaka...
Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu murenge wa Tumba yafashe...