Amakuru
Gusura ingo muri gahunda ya “Gira ubuzima”, byafashije abajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Rwamagana kumenya ahari ibibazo by’isuku nke n’ahari abana bafite ikibazo...
Hi, what are you looking for?
Gusura ingo muri gahunda ya “Gira ubuzima”, byafashije abajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Rwamagana kumenya ahari ibibazo by’isuku nke n’ahari abana bafite ikibazo...
Imvura yaguye ku wa Gatanu tariki ya 10 Gicurasi 2019, yangije umuhanda uhuza umurenge wa Nyakabuye n’uwa Butare yo mu karere ka Rusizi, utwara...
Abiga mu ishuri rya IPRC Ngoma basabwe kwirinda amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside kubera ko ari byo byagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Abarezi n’abanyeshuri bo muri GS Umucyo Karengera, baravuga ko guhuza amasomo n’umuco w’ubutore byabafashije guhinduka mu mitekerereze. Gutsindwa byabaye kirazira, ishuri ryabaye Isibo iyoborwa...
Guhugura ba-ofisiye ibijyanye n’imiyoborere bibafasha kuzuza neza inshingano zo kuyobora bagenzi babo, gucunga umutekano no gusobanukirwa neza uko bakemura ibibazo bashobora gushyikirizwa n’abaturage. Ibi...
Abanyeshuri 15 biga ibijyanye no kwimakaza umuco w’amahoro, imiyoborere no gukemura amakimbirane muri Kaminuza ya Zambia-Zimbabwe Open University basuye ishuri rya Polisi rya Gishari...
Ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasuraga abaturage bo mu karere ka Burera, ku wa 8 Gicurasi 2019, umuturage wo mu karere...
Mu rwego rwo kurwanya no gukumira ibiyobyabwenge Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare ku makuru yahawe n’abaturage abagabo babiri bafanywe amajerekani ane...
Bamwe mu bunzi bo mu karere ka Gatsibo baravuga ko bishimiye amagare bahawe kubera ko agiye kujya abafasha mu bikorwa byo gutanga ubutabera. Aba...
Sebera Edouard M. uherutse gushyira hanze igitabo yise “Bari mu nzozi zitagira kirotora”, igitabo cyanditswe muri Nyakanga 2018, yongeye kwandika ikindi yise “Ingoma ntizisa...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 01 Gicurasi 2019, Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo Rwanyindo Fanfan, Guverineri Mufulukye n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye bitabiriye...
Nta terambere rirambye ryabaho igihe cyose imirimo idahari, n’imirimo ihari igomba kunozwa no gutanga umusaruro, umurimo ugakorwa neza kandi uwukora akabona igihembo gikwiye, umukozi...
Kokayine (Cocaine) kimwe n’ibindi biyobyabwenge biri ku isonga mu kwangiza ubuzima bwa muntu bityo Polisi y’u Rwanda ikaba yarashyize imbaraga nyinshi mu kubirwanya binyuze...
Mu gitondo cyo ku wa 29 Mata 2019 amatsinda abari y’abapolisi b’u Rwanda basimburanwe mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bugamije kugarura amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo....
Abakomoka mu karere ka Gakenke bakorera hanze yako bibumbiye muri Diaspora Gakenke, bikoze ku mufuka bakusanyije inkunga y’ibiribwa bifite agaciro k’ibihumbi bigera kuri 600,...