Amakuru
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 03 Mutarama 2019 Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare yafashe umugore w’imyaka 29, arimo...
Hi, what are you looking for?
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 03 Mutarama 2019 Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare yafashe umugore w’imyaka 29, arimo...
Abana bafungiye muri Gereza ya Nyagatare bitabiriye ibizamini bisoza amashuri abanza n’ikiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, bagaragaje ko bakurikiye neza amasomo yabo ku buryo...
Abagabo babiri bo mu murenge wa Gatumba mu kagari ka Ruhanga mu karere ka Ngororero bafatanwe ibiro 47 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa...
Ubufatanye hagati ya Polisi n’abaturage mu kurwanya ibiyobyabwenge bukomeje gutanga umusaruro aho ku wa 28 Ukuboza 2018, mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Jenda ...
Abagabo babiri bafashwe bakekwaho gutanga ruswa ku bapolisi kugirango bafungure umugore w’umwe muri aba bagabo ufungiye kuri sitatiyo ya Polisi ya Byumba akekwaho gucuruza...
Ingabo z’u Rwanda zibinyujije mu Bitaro bikuru bya Gisirikare by’i Kanombe, zizatangiza muri Mutarama 2019 ikigo gishya kizafasha kuvura kanseri mu buryo bwihariye (oncology)...
Nk’uko tubikesha Ijwi rya Amerika, abanyamakuru bagaragaye mu myigaragambyo yamaze iminsi itatu mu rwego rwo kwifatanya n’abaturage bari bamaze icyumweru na bo bigaragambya basaba...
Ku wa gatatu tariki ya 26 Ukuboza 2018, abagize Inteko ishinga amategeko ya Isiraheli bemeje iseswa ryayo hamwe na Sena banemeza itegurwa ry’amatra azaba...
Andry Rajoelina wigeze kuba Perezida wa Madagascar (Madagasikari) kuva mu 2009 kugeza mu 2014, yongeye kugaruka ku butegetsi nyuma yo gutsinda igice cya kabiri...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 27 Ukuboza 2018, abayobozi b’igisirikare gicunga umutekano wo mu mazi mu bihugu by’u Bwongereza n’u Bufaransa, batangaje ko...
Impamvu: Gutabaza Nyakubahwa Perezida, Mbere ya byose ndabanza kubifuriza umwaka mushya muhire wa 2019 tugiye gutangira, uzababere uw’ amahoro n’iterambere nk’uko mukunze kubyigisha. Iyi...
Abakobwa babyarira iwabo batungwa agatoki ku kutitabira gahunda yo kuringaniza urubyaro bakabyara abana benshi. Bamwe muri bo bavuga ko batafata imiti yo kuringaniza urubyaro...
Mu gihe hari abanga kwitabira gahunda yo kuboneza urubyaro bitwaje imyemerere ishingiye ku matorero basengeramo, umujyanama w’ubuzima witwa Mihito Amiel, usengera muri ADEPR, atanga...
Urubyiruko ruri mu biruhuko rwo mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge, muri gahunda y’Intore mu biruhuko, rwahawe amasomo ku kurwanya ibiyobyabwenge n’ubuzima...
Ku wa 21 Ukuboza 2018, Igisirikare cy’u Rwanda cyungutse ingabo nshya z’umutwe wihariye (Special Operations Force), nyuma y’amezi cumi na kumwe zihabwa imyitozo yihariye...