Amakuru
Muri iki gihe icyorezo cya Koronavirusi (Coronavirus) cyiswe COVIA 19 gikomeza kuvugwa hirya no hino ku Isi, bigaragara ko gifite inkomoko mu Bushinwa, ndetse...
Hi, what are you looking for?
Muri iki gihe icyorezo cya Koronavirusi (Coronavirus) cyiswe COVIA 19 gikomeza kuvugwa hirya no hino ku Isi, bigaragara ko gifite inkomoko mu Bushinwa, ndetse...
Ukwezi kwa Werurwe kwahariwe Francophonie, uyu mwaka ni umwihariko hamwe n’isabukuru y’imyaka 50. Umunsi mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa (Francophonie) wizihizwa buri mwaka ku...
Iki gitaramo giteganyijwe kuba ku wa 8 Werurwe 2020, ari na yo tariki yizihizwaho umunsi mpuzamahanga w’abagore. Ku nshuro ya mbere kikaba kigiye kuba...
Ahagana saa tanu z’ijoro ku wa mbere tariki ya 2 Werurwe 2020, mu kiyaga cya Kivu igice giherereye mu kagari ka Karambi, Umurenge wa...
Biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage, ku wa mbere tariki ya 2 Werurwe 2020, habonetse mu rugo rw’umuturage uruganda rw’ikinyobwa cya Kambuca kitemewe mu Rwanda....
Bamwe mu bakozi ba Leta n’abo mu nzego z’abikorera barasaba ko icyemezo cyo kubakata 0.5 ku ijana ku mushahara hagamijwe kunganira ikigega cy’ubwisungane mu...
Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) iraburira abantu bose, by’umwihariko abatuye mu manegeka, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi kuko bashobora kwibasirwa n’ibiza. Irasaba kandi...
Umugabo yakuye urumogi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aruhisha mu masogisi yambariraho inkweto, afatwa amaze kwambuka umupaka wa Gisenyi uhuza u Rwanda na...
Abagabo babiri bamenye ko hari umuturage ufite urubanza mu rukiko rw’ibanze rwa Ruhango, baramusanga bamubwira ko baziranye na Perezida w’urukiko, kugira ngo rero atsinde...
Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo gusuzuma abanyarwanda bose umwijima wo mu bwoko bwa C (Hepatite C), ndetse n’usanzwemo iyi ndwara akavurwa ku buntu....
Mu gihe Guverinoma y’u Rwanda ianganye n’uko abana bose bageze igihe cyo kwiga bagombye kuba bari mu ishuri, bamwe mu babyeyi batesha abana kwiga...
Icyorezo cya Koronavirusi (Coronavirus) nshya kiswe COVID-19, cyagaragaye mu gihugu cy’u Bushinwa ndetse kigenda gikwira vuba na vuba mu bindi bihugu, kubera urujya n’uruza...
Mu ijoro rya tariki ya 27 Gashyantare nibwo Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abakora irondo ry’umwuga bo mu kagari ka Gakoma, Umurenge wa Mamba mu...
Ku makuru yatanzwe n’abaturage mu ijoro rya tariki ya 27 Gashyantare 2020, Polisi ikorera mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko mu kagari...
Abakobwa batanu hamwe n’umusore umwe bo mu murenge wa Kimisigara mu karere ka Nyarugenge, bagiriye nabi umukobwa baramukubita bigeza n’aho bonona imyanya ndangagitsina bamuziza...