Amakuru
Mu rwego rwo gukomeza gukangurira abamugariye ku rugamba kurwanya ibiyobyabwenge kandi bakubahiriza n’amategeko, bibutswa ko ntawe ukwiye gukora amakosa cyangwa ngo yishore mu biyobyabwenge,...
Hi, what are you looking for?
Mu rwego rwo gukomeza gukangurira abamugariye ku rugamba kurwanya ibiyobyabwenge kandi bakubahiriza n’amategeko, bibutswa ko ntawe ukwiye gukora amakosa cyangwa ngo yishore mu biyobyabwenge,...
Kaminuza yigisha Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubucuruzi (UTB) yabonye Igihembo cyo kuba Kaminuza ya mbere muri Afurika y’Iburasirazuba, iyo hagati ndetse n’iy’Amajyepfo ibonye yashyize gahunda ya ...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 26 Ukwakira 2018, Umuryango Unity Club Intwararumuri, urateranira mu Ihuriro ngarukamwaka rya 11, ku nsanganyamatsiko igira iti “Ndi...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kayonza ku wa 23 Ukwakira 2018, yafashe abagabo batanu n’umugore umwe bakekwaho kwica inyamanswa muri Pariki y’ Akagera...
None ku wa gatatu, tariki ya 24 Ukwakira 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yifurije ikaze...
Bamwe mu bagabo n’abagore bo mu murenge wa Bushoki, Akarere ka Rulindo batangaza ko imvugo Uburinganire yumvikana nko kungana no gukora bimwe ku mugabo...
Kuva ku wa gatatu tariki ya 24 kugeza ku wa 25 Ukuboza 2018, abarimu ba kaminuza n’abashakashatsi bo muri Afurika y’Iburasirazuba, bateraniye i Kigali...
Ku wa 23 Ukwakira 1957, ku wa 23 Ukwakira 2018; Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, arizihiza isabukuru y’imyaka 61 y’amavuko. Kuri iyi...
Kaminuza y’Ubukerarugendo n’Ubucuruzi (UTB) ku bufatanye na JRIIE (Journal of Research Innovation and Implications in Education) bazamurika ubushakashatsi mu burezi bwatuma bimwe mu bibazo...
Ku itariki ya 18 Ukwakira 2018, nibwo habaye umuhango rusange wari wateguwe na Huawei, Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’iy’Uburezi, wo gusezera ku banyeshuri umunani, biga ikoranabuhanga...
Inteko Ishinga Amategeko Nyafurika (PAP: Pan-African Parliament) iteraniye i Kigali kuva ku wa 18 Ukwakira kugeza ku wa 03 Ugushyingo 2018 mu gihembwe cyayo...
Kuri uyu wa 18 Ukwakira 2018, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyize amaraso mashya muri Guverinoma y’u Rwanda, amwe mu mazina akomeye ntiyagaragayemo ariko...
Abayobozi b’amadini n’amatorero atandukanye mu ntara y’Iburasirazuba basabwe kugira uruhare mu gukumira no kurwanya ibyaha, by’umwihariko ibiyobyabwenge mu rubyiruko. Ibi bakazabikora batanga inyigisho zigaragaza ingaruka...
Abacuruzi babiri, umwe wo mu karere ka Rubavu n’undi wo mu karere ka Rusizi, ku itari ya 13 n’iya 14 Ukwakira, bafatanywe magendu ya...
Urubyiruko rwibumbiye mu muryango nyarwanda utegamiye kuri Leta uhuza urubyiruko rutanga imbaraga mu kwesa imihigo y’uturere (YURI: Youth Unit Rwanda Imihigo), mu karere ka...