Amakuru
Tariki ya 07 Mata 2022, Ambasade y’u Rwanda muri Senegal inashinzwe Ibihugu bya Mali, Gambia, Cap-Vert na Guinea Bissau ifatanyije n’Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda...
Hi, what are you looking for?
Tariki ya 07 Mata 2022, Ambasade y’u Rwanda muri Senegal inashinzwe Ibihugu bya Mali, Gambia, Cap-Vert na Guinea Bissau ifatanyije n’Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda...
Umunyamakuru wa BTN TV Célestin Ntawuyirushamaboko yatabarutse mu ijoro ryo ku wa 14 Mata 2022 aguye mu Bitaro bya Kibagabaga. Mu gitondo cyo kuri...
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo mu karere ka Huye mu murenge wa Kigoma, barashimira abari ingabo zari iza FPR Inkotanyi uruhare zagize...
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 13 Mata 2022, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yageze i Kingston muri Jamaica, aho yatangiye uruzinduko...
Mu karere ka Ngororero, hari abagizwe imfubyi na Jenoside yakorewe Abatutsi bemeye gushyingiranwa n’abo mu miryango yayigizemo uruhare. Bemeza ko inyigisho za Ndi Umunyarwanda no...
Bamwe mu bafite ababyeyi bishe abo bashakanye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi babaziza ko bari Abatutsi, bavuga ko bafite intimba n’agahinda ko kumva...
Ababyeyi b’Intwaza bo mu rugo Impinganzima ya Nyanza, baravuga ko iyo batagira ubuyobozi bwiza baba batakiriho nyuma yo gusigara iheruheru muri Jenoside yakorewe Abatutsi....
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) ruraburira abakoresha imbuga nkoranyambaga, kwirinda guhererekanya ubutumwa burimo ingengabitekerezo ya Jenoside kuko bashobora gukurikiranwa n’amategeko. Ni mu gihe abakurikirwa n’abantu...
Kigali, 7 Mata 2022 Mbere na mbere, ku munsi nk’uyu, isaha, umunsi, icyumweru, umwaka… ubu turibuka ku nshuro ya 28, nta magambo yo kuvuga...
Umuyobozi w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyamagabe, Uwamahoro Clotride, nyuma y’inama rusange yahuje abafatanyabikorwa mu iterambere n’Akarere ka Nyamagabe, yasabye anagira inama abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge...
Abanyeshuri biga muri Kaminuza yigisha iby’amahoteli n’ubukerarugendo -UTB, ishami rya Kigali, bakoze igikorwa cy’umuganda aho ishuri ryabo rigiye kwimukira, ku musozi wa Rebero, banaha...
Ku wa 3 Mata 2022, Urwego rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe na zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri Peteroli...
Hari bamwe mu bana bavuka ku bakora uburaya bahohoterwa bakiri bato na bamwe mu baza gusambanya ababyeyi babo, ariko ntibabone gikurikirana. Umwana w’umukobwa udatangajwe...
U Rwanda rwari rwarihaye intego ko muri gahunda y’imbaturabukungu ya mbere (EDPRS I) y’Icyerekezo 2020, ari ukugira amashyamba ateye ku buso bungana na 30%...