Amakuru
Hari bamwe abaturage bavuga ko bagira ikibazo cyo kutabasha kumenya amategeko rimwe na rimwe bagakora amakosa runaka bakisanga bahanwa n’itegeko bo bita ko riba...
Hi, what are you looking for?
Hari bamwe abaturage bavuga ko bagira ikibazo cyo kutabasha kumenya amategeko rimwe na rimwe bagakora amakosa runaka bakisanga bahanwa n’itegeko bo bita ko riba...
Polisi y’u Rwanda ku bafatanye n’izindi nzego mu karere ka Rubavu, batwitse ibiro 627 by’urumogi, litiro 11 za Kanyanga n’amacupa 523 y’ikinyobwa kitujuje ubuziranenge...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba mu Rwanda (RFA: Rwanda Forestry Authority) kivuga ko hari ubwoko bw’ibiti Abanyarwanda basaba kuba batangira guhinga biva mu mahanga, bagerageje...
Ihohoterwa iryo ari ryo ryose rigira ingaruka zikomeye k’uwarikorewe ndetse n’uwarikoze, ariko rigashegesha cyane uwarikorewe. Aba bombi icyo bahuriraho ni uko bigera aho biyanga,...
Leta y’u Rwanda yirukanye mu gihugu, Umubiligi Vincent Lurquin wari mu Rwanda kuva ku itariki ya 16 Kanama 2021, kubera kwiha uburenganzira bwo gukora umurimo...
Kuva tariki ya 09 Kanama 2021, Umuryango w’Abanyarwanda baba muri Senegal (Association de la Communauté Rwandaise au Sénégal/ACRS) ufite abayobozi bashya nyuma yo gukora...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe Imikurire no kurengera abana cyatangaje ko abana barenga ibihumbi 3000 bamaze gusubizwa mu miryango bavanywe mu bigo by’Imfubyi. Ushingiye ku mibare...
Bamwe mu baturage bakora ubuhinzi bifashisha uburyo bunyuranye bwo kuhira imyaka yabo bemeza ko kuva ubu buryo bwatangira kwifashishwa bwabazamuriye umusaruro wabo kandi butuma...
Hifashishijwe uburyo bw’Ikoranabuhanga, ku wa 19 Kanama 2021, abasoje amasomo muri Kaminuza y’Ubukerarugendo n’Ikoranabuhanga (UTB) bagera ku 1406 barimo abagore bangana na 62% barangije...
Ikigurishwa: Ikibanza cyubatsemo inzuUPI: 4/03/03/04/5924Tariki ya cyamunara: 19-26/08/2021Isaha ya cyamunara: saa tanu z’amanywa (11:00) Aho umutungo uherereye Akagari: RuhengeriUmurenge: MuhozaAkarere: Musanze
Mu mukwabu wo kurwanya ubujura bw’amashanyarazi ukorwa buri gihe na Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) ifatanyije n’Inzego z’umutekano ndetse n’abaturage, mu ntangiriro z’ukwezi...
Mu gitondo cyo ku wa kabiri, tariki ya 17 Kanama 2021, kimwe mu bice by’Agakiriro ka Gisozi kibasiwe n’inkongi y’umuriro, yatwitse imbaho, imashini zikoreshwa...
Abatuye mu Kagari ka Kabare mu Murenge wa Rwempasha mu Karere ka Nyagatare, barataka kutagira amazi, mu gihe bishyuye Konteri amezi akaba abaye atanu...