Amakuru
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yagaragaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7, NST1 hari byinshi byagezweho mu kuzamura ireme ry’ uburezi haharewe ku...
Hi, what are you looking for?
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yagaragaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7, NST1 hari byinshi byagezweho mu kuzamura ireme ry’ uburezi haharewe ku...
Huawei, a leading global ICT solutions provider, has today kicked off the one week seeds for the future training through online and live broadcast...
Abaturage bo mu karere ka Nyagatare bavuga ko gutera ibiti by’imigano ku nkengero z’umuvumba bizatuma uwo mugezi utongera kubatwarira ubutaka ndetse n’imyaka babaga barahinze...
Ubwo hashimirwaga abasoreshwa bitwaye neza mu byiciro bitandukanye, Minsitiri w’Intebe Dr Edouard NGIRENTE yagaragaje ko ingengo y’imari ya 2020/21 izibanda cyane ku gushyira mu...
Urwego rw’ubucamanza mu Rwanda ruravuga ko harimo gutegurwa politiki ijyanye no gukurikirana ibyaha nshinjabyaha (criminal justice policy) yitezweho kugira uruhare mu kugabanya umubare w’abinjira...
Umunyapolitiki Tito Rutaremara yagaragaye yiziwe bidasanzwe anacinya akadiho, ndetse anamuha indamukanyo y’abato mu ndirimbo yamwitiriwe yahimbwe n’umuhanzikazi Clarisse Karasira. Ni indirimbo y’iminota igera kuri...
Mu gitondo cyo ku wa bere tariki ya 23 Ugushyingo 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyabihu mu murenge wa Jomba, yafashe...
Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 23 Ugushyingo 2020, Polisi y’u Rwanda yasubije umuturage wari wataye amafaranga agatoragurwa n’umupolisi wari mu kazi....
Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika Havugiyaremye Aimable yatangaje ko hatangiye imyiteguro yo kuba hashyirwa ahagaragara amazina y’abahamwe n’icyaha cyo gusambanya abana. My kiganiro n’Itangazamakuru, ku...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Dr Ntezilyayo Faustin yasobanuye ko ubuhuza bwitezweho gukemura ibibazo abantu bafitanye ku buryo burambye kandi busesuye. Yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru, ku...
Umukobwa wambaye impuzankano y’ishuri, muri iyi minsi bajya ku ishuri, yashyizemo umwenda we aheka igikapu kirimo udupfukinya 1000 tw’urumogi, ndetse anashyiramo ibitabo n’imyenda nk’ugiye...
Abaturage bo mu karere ka Bugesera umurenge wa Ruhuha ho mu ntara y’Iburasirazuba bongeye kwibutswa ububi bw’icyorezo cya Corona virus banabwirwa ko badohotse ku...
Nyuma y’imyaka 26, amezi 7 n’iminsi 7 (11/04/1994_18/11/2020), abantu bari baratawe mu mwobo wa Kiziguro, nyuma yo kwicwa urw’agashinyaguro muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Leta y’u Rwanda yatangije ubuvuzi bugezweho bwo kubaga no kuvura indwara z’umutima hakoreshejwe ikoranabuhanga. Ni ubuvuzi butangiranye n’Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal ndetse n’ibitaro bya...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imfungwa n’abagororwa, RCS, mu gihe rwitegura kwizihiza imyaka 10 rumaze rushinzwe ruratangaza ko bimwe mu byagezweho harimo kubaka amashuri y’Imyuga (TVET)...