Amakuru
Amakuru yatambutse ku rubuga rw’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) bwagaragaje Paul Rusesabagina ari mu maboko yabwo kandi yambaye amapingu n’ikositimu y’umukara ndetse n’agapfukamunwa. Rusesabagina yeretswe...
Hi, what are you looking for?
Amakuru yatambutse ku rubuga rw’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) bwagaragaje Paul Rusesabagina ari mu maboko yabwo kandi yambaye amapingu n’ikositimu y’umukara ndetse n’agapfukamunwa. Rusesabagina yeretswe...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamagabe, bishimira ko ubuyobozi bwabafashije gusobanukirwa n’ingamba zo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya COVID-19, bityo kuzishyira mu bikorwa...
Zimwe muri resitora ndetse na tumwe mu tubari two mu mujyi wa Kigali, batangiye guhura n’ingaruka zo kutubahiriza amabwiriza yo kurwanya ikwirakwizwa rya COVID-19....
Ikigo Nderabuzima cya Kabuye, kiri mu murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, ku wa 28 Kanama 2020, cyashyikirijwe inkunga yiganjemo ibiribwa, ibikoresho by’isuku, udupfukamunwa...
Impunzi z’Abarundi 471 babaga mu Rwanda, zatahutse mu gihugu cyabo (Burundi) ku wa 28 Kanama 2020 binjiriye ku mupaka wa Nemba mu Karere ka...
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Kanama 2020, impunzi z’Abarundi 471 zasubiye mu gihugu cyabo cy’amavuko. Aba ni icyiciro cya mbere mu biyandikishije bashaka...
Itangazo ryashyizwe ahagaraga n’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa 27 Kanama 2020 riravuga ko nta modoka zemerewe gutwara abagenzi nyuma ya saa kumi n’ebyiri...
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2020 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye harimo ikivuga ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’umugoroba kugeza...
Inzego zishinzwe iperereza mu gisirikare cy’u Rwanda n’u Burundi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2020, zahuriye ku mupaka wa Nemba uhuza...
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buravuga ko bugiye kujya butangaza urutonde rw’abahamwe n’ibyaha byo gusambanya abana no gufata ku ngufu abagore n’abakobwa. Ibi ubushinjacyaha bubitangaje mu...
Ibigo by’ubucuruzi 3 ku bisaga 600 byanditse bibisaba, ni byo bimaze kubona inguzanyo mu kigega cy’ingoboka Leta yashyiriyeho kuzahura ubukungu kubera ingaruka za COVID19....
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko uko umubare w’abanduye Coronaviurs ukomeza kwiyongera ari na ko bagiye kujya babavurira mu rugo kuko uburyo bwo...
Umwuka ukomeje kutaba mwiza hagati y’Umuvugizi wa ADEPR Rev Karuranga Ephrem ndetse n’Umuvugizi wungirije Rev Karangwa John. Aya makimbirane yatangiye aho Rev Karangwa John...
Abari mu rwego rw’imyuga n’ubukorikori barishimira umuvuduko bamaze kongera kugeraho nyuma yo guhangabanywa n’icyorezo cya COVID19. Icyakora hari ibyo basaba birimo koroherezwa kubona amafaranga...
Mu Karere ka Kayonza, mu Murenge wa Mwiri, Akagari ka Kageyo, Mutumwa Pascal utuye mu Mudugudu wa Sabasengo avuga ko akorerwa akarengane n’abakozi bashinzwe...