Amakuru
Ni ku rwego rw’Akagari, ku wa 2 Kamena 2018, inteko itora mu muryango FPR Inkotanyi yateranye. Abayitabiriye batangiye gusobanurirwa amategeko agenga amatora y’abazatorwamo abazajya...
Hi, what are you looking for?
Ni ku rwego rw’Akagari, ku wa 2 Kamena 2018, inteko itora mu muryango FPR Inkotanyi yateranye. Abayitabiriye batangiye gusobanurirwa amategeko agenga amatora y’abazatorwamo abazajya...
Umunyamabanga Nshingabikorwa wa Komisiyo y’amatora, Munyaneza Charles, atangaza ko gukoresha abakorerabushake mu matora no kubika neza bimwe mu bikoresho byifashishwa mu matora, byatumye ingengo...
Mu Rukiko rw’ubujurire rw’i Paris, mu gihugu cy’Ubufaransa, iburanisha rigeze ku batangabuhamya ku bwicanyi bwo ku Kiliziya cya Kabarondo, ahiciwe abatutsi barenga 2000 bari...
Mu karere ka Karongi barishimira ko bazamuye imyumvire ku ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagore n’abagabo babikesheje inyigisho bahawe n’umuryango nyarwanda utari uwa Leta uharanira...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ingufu n’amazi muri Minisiteri y’ibikorwaremezo (MINIFRA), Kamayirese Germaine, aravuga ko bitumvikana ndetse bitanakwiye ko nyuma y’imyaka 24 Jenoside yakorewe Abatutsi...
The Arsenal Football Club partnership is part of Rwanda’s long-term tourism development and conservation strategy that is grounded in Vision 2050 and EDPRS II....
Abanyeshuri barangije muri Kaminuza y’ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB: University of Tourism and Business studies) barasabwa kujya hanze bagiye kwiharira akazi cyane cyane agakorwa n’abanyamahanga kw’isoko...
«Kwandika igitabo ku rugendo rw’ubuzima bwanjye kuva mvutse no ku nzira y’umusaraba nanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse n’imibereho yanjye nyuma, ni kimwe mu...
Uwabaye muri Opération Turquoise ngo ntagoheka kubera ibyo yabonye muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. N’ubwo adashinja mu bujurire bwa Ngenzi Octavien na Tito...
Ku wa kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2018, iburanisha mu rubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira ryibanze ku buhamya bw’abashakashatsi bahamagajwe n’urukiko kugira...
Itsinda rigizwe n’intumwa za DFID na Ikiraro project basuye ibikorwa bya Fiom Rwanda byo guteza imbere umwuga w’ubumvu mu karere ka Kayonza. Ibikorwa byasuwe...
Mu murenge wa Jomba uherereye mu karere ka Nyabihu, abagore bavuga ko gusobanukirwa n’ububasha bifitemo byatumye bitinyuka bakishakamo izindi mbaraga. Bityo ngo gufatanya n’abagabo...
Abatishoboye bo mu murenge wa Mahama, akarere ka Kirehe mu ntara y’Iburasirazuba, bishimira ko ubuzima bwabo bwahindutse kandi bafite icyizere cyo kubaho neza. Ibi...
“Ubunyamwuga ni ikimenyetso cy’iterambere, ni ikimenyetso cy’uko nshobora kugera ku byo nshaka kugeraho mu mahoro, nta gihe ntakaje kandi nta byinshi ntanze cyangwa nangiza...
Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu Rwanda, Nicola Bellomo, ubwo hizihizwaga Umunsi Mukuru w’ibihugu by’i Burayi, mu mugoroba wo ku wa 9 Gicurasi...