Amakuru
Mu murenge wa Jomba uherereye mu karere ka Nyabihu, abagore bavuga ko gusobanukirwa n’ububasha bifitemo byatumye bitinyuka bakishakamo izindi mbaraga. Bityo ngo gufatanya n’abagabo...
Hi, what are you looking for?
Mu murenge wa Jomba uherereye mu karere ka Nyabihu, abagore bavuga ko gusobanukirwa n’ububasha bifitemo byatumye bitinyuka bakishakamo izindi mbaraga. Bityo ngo gufatanya n’abagabo...
Abatishoboye bo mu murenge wa Mahama, akarere ka Kirehe mu ntara y’Iburasirazuba, bishimira ko ubuzima bwabo bwahindutse kandi bafite icyizere cyo kubaho neza. Ibi...
“Ubunyamwuga ni ikimenyetso cy’iterambere, ni ikimenyetso cy’uko nshobora kugera ku byo nshaka kugeraho mu mahoro, nta gihe ntakaje kandi nta byinshi ntanze cyangwa nangiza...
Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu Rwanda, Nicola Bellomo, ubwo hizihizwaga Umunsi Mukuru w’ibihugu by’i Burayi, mu mugoroba wo ku wa 9 Gicurasi...
Uwera Priscille w’imyaka 30 wahoze ari umukozi ishinzwe isomero mu Kigo cy’ishuri cya G.S Muhato giherereye mu murenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu,...
Bitarenze amezi ane, Akarere ka Ngoma ko mu Ntara y’Iburasirazuba mu Rwanda kazaba kamaze gukemura ikibazo cy’abaturage batishoboye batagira inzu zo kubamo. Ibi ni...
Ku cyumweru tariki ya 6 Gicurasi 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gatsibo ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage bangije...
Kaminuza ya Kibungo, UNIK, iregera abayizemo ndetse n’abayikoramo kugira ngo bayibere abanyamuryango, kuko ivuga ko uko abo banyeshuri bitwaye ku isoko ry’umurimo bibaha imbaraga...
Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 24 abari abanyeshuri b’Urwunge rw’amashuri rwa Byumba (Groupe scolaire De La Salle), bishwe na bagenzi babo muri...
Kuri uyu mugoroba wo ku wa 04 Gicurasi 2018, Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi, Mudaheranwa Juvénal, yifatanije n’ubuyobozi bw’Urwunge rw’amashuri rwa Byumba (Groupe Scolaire de...
Placide Safari Umwongereza Dylan Kerr utoza ikipe ya Gormahia yo muri Kenya izahura n’ikipe ya Rayon Sports mu mukino wa mbere w’amatsida y’igikombe cy’Afurika,...
Rene Anthere Rwanyange Hashize imyaka isaga mirongo ine itegeko rigena umushaharafatizo riwushyize ku mafaranga ijana y’u Rwanda. N’ubwo imishahara igenda izamurwa, ntacyo bifasha umukozi...
Marie Josée Uwiringira Gutinya kwifasha inshingano z’urugo bituma bamwe mu bagabo bo mu murenge wa Kanama, mu karere ka Rubavu, Intara y’Uburengerazuba, bahitamo gusaba...
Rwanyange Rene Anthere Abatishoboye bo mu cyiciro cya mbere cy’ubudehe bahawe akazi mu gukora imirimo ifitiye inyugu abaturage akamaro (VUP) babifashijwemo n’ubuyobozi bw’umurenge wa...
Panorama Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Karongi, mu mpera z’icyumweru gishize yafatanye uwitwa Mfashwanayo Bernard ibiro 490 bya Koluta na Gasegereti bya...