Amakuru
The Arsenal Football Club partnership is part of Rwanda’s long-term tourism development and conservation strategy that is grounded in Vision 2050 and EDPRS II....
Hi, what are you looking for?
The Arsenal Football Club partnership is part of Rwanda’s long-term tourism development and conservation strategy that is grounded in Vision 2050 and EDPRS II....
Abanyeshuri barangije muri Kaminuza y’ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB: University of Tourism and Business studies) barasabwa kujya hanze bagiye kwiharira akazi cyane cyane agakorwa n’abanyamahanga kw’isoko...
«Kwandika igitabo ku rugendo rw’ubuzima bwanjye kuva mvutse no ku nzira y’umusaraba nanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse n’imibereho yanjye nyuma, ni kimwe mu...
Uwabaye muri Opération Turquoise ngo ntagoheka kubera ibyo yabonye muri jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. N’ubwo adashinja mu bujurire bwa Ngenzi Octavien na Tito...
Ku wa kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2018, iburanisha mu rubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira ryibanze ku buhamya bw’abashakashatsi bahamagajwe n’urukiko kugira...
Itsinda rigizwe n’intumwa za DFID na Ikiraro project basuye ibikorwa bya Fiom Rwanda byo guteza imbere umwuga w’ubumvu mu karere ka Kayonza. Ibikorwa byasuwe...
Mu murenge wa Jomba uherereye mu karere ka Nyabihu, abagore bavuga ko gusobanukirwa n’ububasha bifitemo byatumye bitinyuka bakishakamo izindi mbaraga. Bityo ngo gufatanya n’abagabo...
Abatishoboye bo mu murenge wa Mahama, akarere ka Kirehe mu ntara y’Iburasirazuba, bishimira ko ubuzima bwabo bwahindutse kandi bafite icyizere cyo kubaho neza. Ibi...
“Ubunyamwuga ni ikimenyetso cy’iterambere, ni ikimenyetso cy’uko nshobora kugera ku byo nshaka kugeraho mu mahoro, nta gihe ntakaje kandi nta byinshi ntanze cyangwa nangiza...
Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) mu Rwanda, Nicola Bellomo, ubwo hizihizwaga Umunsi Mukuru w’ibihugu by’i Burayi, mu mugoroba wo ku wa 9 Gicurasi...
Uwera Priscille w’imyaka 30 wahoze ari umukozi ishinzwe isomero mu Kigo cy’ishuri cya G.S Muhato giherereye mu murenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu,...
Bitarenze amezi ane, Akarere ka Ngoma ko mu Ntara y’Iburasirazuba mu Rwanda kazaba kamaze gukemura ikibazo cy’abaturage batishoboye batagira inzu zo kubamo. Ibi ni...
Ku cyumweru tariki ya 6 Gicurasi 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gatsibo ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage bangije...
Kaminuza ya Kibungo, UNIK, iregera abayizemo ndetse n’abayikoramo kugira ngo bayibere abanyamuryango, kuko ivuga ko uko abo banyeshuri bitwaye ku isoko ry’umurimo bibaha imbaraga...
Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 24 abari abanyeshuri b’Urwunge rw’amashuri rwa Byumba (Groupe scolaire De La Salle), bishwe na bagenzi babo muri...