Hi, what are you looking for?
Mu iburanisha ry’urubanza rwa Laurent Bucyibaruta rikomeje mu gihugu cy’Ubufaransa, ku wa 2 Kanema 2022, abatangabuhamya bakomoka i Nyamagabe, babwiye urukiko ko Perefe Bucyibaruta yabasanze aho...
Mu rukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa, umutangabuhamya w’imyaka 68 y’amavuko warokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi muri ETO Murambi, yavuze ko Bucyibaruta yazengurukaga kuri...
Bamwe mu batangabuhamya bitabajwe mu rubanza rwa Bucyibaruta Laurent wahoze ari Perefe wa Gikongoro, rurimo kubera i Paris mu rukiko rwa rubanda, bavuga ko kwiringira perefe Bucyibaruta...