Amakuru
Mu gitondo cyo ku wa 4 Werurwe 2021, imodoka z’ibitaro by’uturere hirya no hino mu gihugu, zatangiye gutwara inkingo za #COVID-19 kugira ngo zigezwe...
Hi, what are you looking for?
Mu gitondo cyo ku wa 4 Werurwe 2021, imodoka z’ibitaro by’uturere hirya no hino mu gihugu, zatangiye gutwara inkingo za #COVID-19 kugira ngo zigezwe...
Mu gitondo cyo ku wa 3 Werurwe 2021, indege yikoreye inkingo 240.000 za AstraZeneca/Oxford SII zitangwa binyuze mu kigo cya COVAX yageze ku kibuga...
Mu karere ka Nyaruguru, kimwe n’ahandi mu gihugu hose hatangijwe icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana, aho hibandwa kugukumira indwara ziterwa n’umwanda. Iki...
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa 6 ku Isi mu bihugu 10 bya mbere mu guhangana na COVID-19. U Rwand arwageze kuri uyu mwanya...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) iratangira gupima COVID-19 abantu bose barengeje imyaka 70 ny’amavuko, n’abafite indwara zidakira. Iki gikorwa kiramara iminsi 4 mu tugari...
Ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti mu Rwanda (FDA) kiravuga ko kwambara nabi udupfukamunwa no kwambara ututujuje ubuziranenge ari bimwe mu bikomeje kugira uruhare mu gukwirakwiza...
Ku wa Gatatu tariki ya 20 Mutarama 2020, u Rwanda rwakiriye umuti wa Favipiravir worohereza abarembejwe na COVID-19. Ubushakashatsi bw’ibanze kuri uyu muti, bwerekanye...
Bamwe mu babyeyi bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bigeze kurwaza imirire mibi mu bana babo, bavuga ko ubujiji n’ubukene ari...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) gitangaza ko cyavuguruye uburyo bwo gusezerera abarwayi ba COVID-19 bitabwaho bari mu ngo, uburyo busanzwe buzwi nka HomeBased...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ubwo yatangarizaga Abanyarwanda uko igihugu gihagaze ku wa 21 Ukuboza 2020, yijeje abanyarwanda ko harimo gukorwa ibishoboka...
Mu rwego rw’Ubuzima, umwaka wa 2020 usojwe mu Rwanda hubatswe ibitaro bitatu bikomeye birimo ibya Gatunda mu karere ka Nyagatare, ibya Nyarugenge n’ibya Gatonde...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) gifatanyije na Minisiteri y’Uburezi, ku wa 3 Ukuboza 2020, batangije gahunda yo kwita ku buzima bwo mu mutwe no...
Mu rwego rwo kunoza ubukangurambaga bugamije kurwanya indwara zitandura, cyane cyane diyabete, kanseri ndetse n’indwara z’umutima, no gushishikariza abantu kuzipimisha hakiri kare mu gihugu...
Umugabo n’umugore we b’Abadage bafite inkomoko muri Turukiya, ubu ni bo bahabwa amahirwe menshi yo kuba aba mbere mu kugeza ku isoko urukingo rwa...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igihingwa cyitwa Cannabis, kizwi mu Kinyarwanda nk’urumogi, kigiye gutangira kujya gihingwa mu Rwanda, hanyuma cyoherezwe mu mahanga mu nganda zikora...