Afurika
Ni ibyatangajwe n’Ikigo cy’Abanyamerika kizobereye mu bijyanye no gukora Imiti, Moderna Inc., muri gahunda yo gutangira gukorera inkingo ku Mugabane wa Afurika. Ibihugu byashyizwe...
Hi, what are you looking for?
Ni ibyatangajwe n’Ikigo cy’Abanyamerika kizobereye mu bijyanye no gukora Imiti, Moderna Inc., muri gahunda yo gutangira gukorera inkingo ku Mugabane wa Afurika. Ibihugu byashyizwe...
Ibiganiro bike hagati y’abana n’ababyeyi ku buzima bw’imyororokere ni kimwe mu bituma urubyiruko rwishora mu mibonano mpuzabitsina idakingiye, bibaviramo kwandura indwara zandurira mu mibonano...
Nyuma y’umwaka n’igice urenga hafashwe ingamba zitandukanye zo gufunga bimwe mu bikorwa bihuza abantu, hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’ubwandu bwa Covid_19, utubari twakomorewe kongera kwakira...
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko abantu bakomeje kugaragaza ihungabana rikabije, bitewe n’ ibibazo by’ingaruka z’icyorezo cya Covid_19 gikomeje gukoma mu nkokora abatari bacye mu Gihugu....
Bamwe mu bagore bakuze bibaza impamvu badakingirwa Kanseri y’Inkondo y’umura ndetse na Kanseri y’Ibere ariko Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima cyo kivuga ko nta gahunda...
Mu gihe mu Rwanda hatangwa urukingo rwa COVID-19 haherewe ku bafite imyaka 18, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, bamwe mu bafite ubumuga basaba...
Abageze mu zabukuru bafite hejuru y’imyaka 60 barimo gukingirwa Covid 19 babasanze mu ngo zabo, ni igikorwa bishimiye kuko bamwe bagorwaga no kugera aho...
Mu gihe hakomejwe ingamba zo kurwanya icyorezo cya ‘Corona virus’, gahunda ya ‘Guma mu rugo’ yabangamiye imikorere ya bamwe mu batwara abagenzi mu mujyi...
Muri iki gihe u Rwanda kimwe n’isi yose muri rusange, ruri muri gahunda yo gukingira abantu benshi COVID-19 nk’uko biherutse gutangazwa na Minisiteri y’Ubuzima,...
Mu minsi ibiri ya Guma mu rugo, mu Mujyi wa Kigali hashyizweho gahunda yo gupima abantu mu tugari twose tuwugize. Mu bipimo byafashwe hagaragaye...
Kuva ku 17 Nyakanga 2021 Umujyi wa Kigali n’utundi turere 8 byashyizwe muri gahunda ya Guma mu rugo. Umujyi wa Kigali wahise ufata ingamba...
Mu gihe u Rwanda rukomeje guhangana n’icyorezo cya COVID-19, abasaga 60% mu bandura bamaze basanzwemo virusi nshya yitwa Delta ikwirakwira vuba, ikarembya ndetse ikanahitana...
Bamwe mu bajyanama b’ubuzima hirya no hino mu gihugu, bavuga ko bahangayikishijwe na bamwe mu barwayi ba COVID-19 babahisha ko barwaye, bigatuma bayikwirakwiza mu...
Inzego z’ubuzima ku mugabane wa Afurika ziravuga ko mu gihe uyu mugabane uri mu nkubiri ya gatatu y’icyorezo cya COVID-19, utorohewe n’ikindi kibazo gikomeye...
Bamwe mu bageze mu zabukuru bo mu karere ka Huye, Umurenge wa Ngoma ku kigonderabuzima cya CUSP (Centre Universitaire de Santé Publique) cyo ku...