Health
The local Non-Government Organisation, Community Socio-Economic Development Initiatives (CSDI), encourages the community, key and priority populations in particular, for voluntary testing for various diseases...
Hi, what are you looking for?
The local Non-Government Organisation, Community Socio-Economic Development Initiatives (CSDI), encourages the community, key and priority populations in particular, for voluntary testing for various diseases...
Umuryango wita ku buzima n’iterambere ry’abaturage (Community Socio-Economic Development Initiatives: CSDI), wakanguriye abaturage kwipimisha indwara zitandukanye zirimo Virusi itera SIDA n’igituntu, kugira ngo uwagize...
Imyitozo ngororamubiri ifite uruhare rukomeye cyane mu guhangana n’indwara z’umutima. Ni umuti ikaba n’urukingo. Ibi byatumye Leta y’u Rwanda ishyiraho gahunda ya Siporo rusange...
Inzobere mu by’ubuzima zivuga ko umubyeyi utwite ari umwe mu bagomba kwitabwaho cyane kugira ngo bimurinde indwara y’agahinda gakabikabije, ishobora kumufata mbere cyangwa nyuma...
Abavuzi gakondo basaba ko hajyaho itegeko ryafasha guca akajagari mu buvuzi bwifashisha iyi miti. Ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’imiti n’ibiribwa (FDA), cyo kiraburira abakoresha imiti...
Ikigo Gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti mu Rwanda (FDA Rwanda) n’icyo muri Ghana basinyanye amasezerano ku bufatanye bwo gukora imiti n’inkingo, mu rwego rwo...
Ubwo Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, (RBC), cyasozaga icyumweru cyahariwe kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu Karere ka Huye, bamwe mu bagizwe imbata na byo, bakaba bari...
Bimwe mu ibibazo by’uruhuri bigaragara mu bitaro hirya no hino bibangamira imitangire ya Serivisi z’ubuzima. Muri ibyo harimo n’ibura ry’imiti gikomeje gutuma abagana ibitaro...
Kurya avoka uzisimbuje andi mavuta ashyirwa mu biryo, ‘Fromage’, cyangwa ukazisimbuza inyama ziba zabanje guca mu nganda mu bushakashatsi bushya bwakozwe bwagaragaje ko bikugabanyiriza...
Ku isi hose indwara ya kanseri ikomeje gukaza umurindi, dore ko iri no mu zihangayikishije cyane kuko nko muri Leta zunze ubumwe za Amerika...
Abantu bavuga ibitandukanye ku binyobwa byongera ingufu. Bamwe bavuga ko ari byiza ndetse ko bifasha umubiri, abandi babishinja ko byangiza ubuzima. Kugira ngo ubungabunge...
Ingano y’umunyu n’isukari bikenerwa ku munsi mu mubiri w’umuntu, igenda ihinduka bitewe n’ibyo akora cyangwa se bigaterwa n’uko agenda akura. Isukari irusha umunyu mu...
Sinizite (Sinusite) ni indwara yo kubyimbagana no gututumba ibinogo by’izuru (nasal cavities). Iyi ndwara iterwa akenshi na virusi, gusa sizo zonyine kuko na bagiteri...
Umuneke ni rumwe mu mbuto zikundwa n’abatari bake mu Rwanda ndese no hanze, rukaba runaboneka byoroshye mu banyarwanda ugereranyije na zimwe mu mbuto zindi...
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko umwana ukiri mu nda, ashobora kugira ikibazo, iyo umubyeyi yanduye COVID-19 atarakingiwe. Kuko iki cyorezo kibasira nyababyeyi, umwana aba aherereyemo,...