Ibikorwaremezo
Mu rwego rwo gufasha abaturage mu kwiteza imbere, harashyirwa mu bikorwa Umushinga wo kugeza umuriro w’amashanyarazi ku baturage bo mu mirenge itanu igabana n’igihugu...
Hi, what are you looking for?
Mu rwego rwo gufasha abaturage mu kwiteza imbere, harashyirwa mu bikorwa Umushinga wo kugeza umuriro w’amashanyarazi ku baturage bo mu mirenge itanu igabana n’igihugu...
L’un des points dont le Rwanda est fier lors de la visite de la Directrice Générale du Fonds Monétaire International, Madame Kristalina Georgieva, est...
Ku masaha y’igicamunsi kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Mutarama 2013, Guverinoma y’u Rwanda yasooye itangazo ryiyama Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya...
Mu minsi ishize binyuze mu kigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda (RAB), Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda yatangaje ko umusaruro w’ibigori...
Bamporiki Edouard wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Urukiko Rukuru rwamukatiye gufungwa imyaka itanu runanzura ko agomba kwishyura ihazabu ya miliyoni 30...
Le rapport d’Oxfam, une organisation internationale britannique qui s’efforce de réduire la pauvreté dans le monde et parle pour les nécessiteux, a montré que...
Bamwe mu Banyamabanga Nshingwabikorwa bo mu tugari two mu karere ka Gisagara, bemeza ko kubona moto zizajya zibafasha mu ngendo bikuyeho inzitizi n’inzitwazo zose...
Bamwe mu babyeyi barerera mu kigo mbonezamikurire (ECD) mu Karere ka Bugesera mu murenge wa Nyamata, bishimira ko abana babo batakizerera nyuma y’uko umuryango...
Les experts de la santé estiment que le développement d’une médecine basée sur les caractéristiques des Africains jouerait un rôle important dans le traitement...
Ibirayi ni igihingwa gitunze abanyarwanda benshi. Gikunze kwera cyane mu turere twa Musanze na Nyabihu ndetse na Nyamagabe. Akarere ka Gicumbi na ko kiyongereye...
Mu gihe umwaka w’imikino wa 2022/2023 ugeze hagati, igura n’igurishwa ry’abakinnyi rikaba rikomeje, ikinyamakuru livescore gisanzwe gikora imibare n’ubusesenguzi ku makipe n’imikino itandukanye, cyasohoye urutonde rw’amakipe 10 ya mbere muri ruhago afite agaciro kurusha andi, hashingiwe ku gaciro abakinnyi bazo bafite ku isoko aho higanjemo...
Abaganga bashinzwe ubuvuzi rusange harimo n’ishami ridasanzwe ry’ibyorezo, bemeza ko ubukana n’umuvuduko COVID-19 yazanye byabasigiye ubunararibone, barushaho kwigirira icyizere ko bashobora guhangana n ikindi...
Imirimo yo kuvugurura Stade ya Kigali irarimbanyije. Gutera amarangi byarangiye, ubu hari hakurwamo ubwatsi bw’ubukorano bwari bumazemo imyaka igera ku munani ngo busimbuzwe ubushya....