Amakuru
Hari bamwe mu rubyiruko rwifuza gusobanurirwa byimbitse Umuryango Pan-African Movement, bityo hakaba hakorwa ibishoboka ukamenyekanishwa kugera ku rwego rw’umudugudu kuko hari benshi bakomeje kuvuga...
Hi, what are you looking for?
Hari bamwe mu rubyiruko rwifuza gusobanurirwa byimbitse Umuryango Pan-African Movement, bityo hakaba hakorwa ibishoboka ukamenyekanishwa kugera ku rwego rw’umudugudu kuko hari benshi bakomeje kuvuga...
Muri sosiyete hari abana bafite ubumuga bakirwa nk’umutwaro ku muryango. Ababyeyi barangwa no kwitana ba mwana ngo ni uko bafite umwana ufite ubumuga bagahitamo...
Ababyeyi bo mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa mu Munini mu kagari ka Giheta barishimira amashuri yubatswe muri aka gace batuyemo ubu abana...
Mu rukiko rwa rubanda i Paris mu Bufaransa, umutangabuhamya w’imyaka 68 y’amavuko warokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi muri ETO Murambi, yavuze ko Bucyibaruta yazengurukaga kuri...
Imibare y’ihuriro ry’abahuriye ku mwuga w’ububumbyi mu Rwanda -COPORWA, igaragaza ko abari muri cyiciro cy’abo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma basaga ibihumbi 35,779 mu...
Abahanzi, abacuranzi ndetse n’abaririmbyi basusurutsa abantu mu mahoteli, utubari na Resitora bishyize hamwe bashinga sosiyete ibyara inyungu yitwa “VANGINGANZO CBC” bagamije kwikura mu bukene....
Mu karere ka Huye mu murenge wa Tumba, hari bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka bataka ikibazo cyo kuba mu nzu ariko zigiye kubagwaho, kuko...
Bamwe mu batangabuhamya bitabajwe mu rubanza rwa Bucyibaruta Laurent wahoze ari Perefe wa Gikongoro, rurimo kubera i Paris mu rukiko rwa rubanda, bavuga ko kwiringira perefe Bucyibaruta...
Kubaka Afurika yihagije ku biribwa hakemurwa ibibazo by’imirire mibi n’imihindagurikire y’ikirere, bisaba ubufatanye hagati ya za Guverinoma n’abikorera. Ni inkingi nyamukuru igarukwaho mu cyumweru...
Le Président de la République Démocratique du Congo -RDC, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, a clôturé Lundi 23 mai 2022, sa visite officielle de trois...
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) burasaba itsinda ry’abasirikare rishinzwe kugenzura imipaka ya Kongo n’ibihugu biyikikije (EJVM) gukora iperereza ku bisasu byarashwe n’ingabo za Repubulika...
The Rwanda Defence Force (RDF) has requested the Expanded Joint Verification Mechanism (EJVM) to investigate cross-border shelling on Rwandan territory by Forces Armées de...
Ikipe y’ingimbi z’u Rwanda (U-13) z’abahungu zegukanye ikigombe cy’Isi mu mupira w’amaguru nyuma yo gutsinda iya Brazil kuri Penaliti (7-6) nyuma yo kunganya igiteko...