Amakuru
Bakoresha, Bakozi bagenzi banjye, bafatanyabikorwa mwese, Tubanje kubifuriza Umunsi Mukuru mwiza w’Umurimo wizihizwa ku isi hose buri tariki ya 01 Gicurasi ya buri mwaka, ...
Hi, what are you looking for?
Bakoresha, Bakozi bagenzi banjye, bafatanyabikorwa mwese, Tubanje kubifuriza Umunsi Mukuru mwiza w’Umurimo wizihizwa ku isi hose buri tariki ya 01 Gicurasi ya buri mwaka, ...
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Equity Bank waremeye abanyamuryango ba AVEGA Agahozo ubaha ibikoresho byo kudoda...
Ku wa 29 Mata 2022 mu karere ka Huye, mu murenge wa Ngoma, ubwo hibukwaga ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi hanashyingurwa imibiri...
Buri mwaka, mu butumwa butangwa n’Urugaga rw’amaseindika y’Abakozi mu Rwanda, CESTRAR, basaba Guverinoma y’u Rwanda, binyuze muri Minisiteri y’Umurimo, kwihutisha Iteka rya Minisitiri w’Umurimo...
Nyuma ya Santarafurika na Mozambique, mu bihe biri imbere u Rwanda rushobora kohereza ingabo na Polisi mu bindi bihugu bibiri zikajya gutanga umusanzu mu...
Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko umuvuduko w’ubwiyongere bw’abaturage, uko igihugu kingana ndetse n’ubukungu gifite bitajyana. Politiki yo kuboneza urubyaro. Hakuzimana Alphonse n’umugore we Mukakarara Marie...
Mu mitegekere ya buri gihugu cyangwa buri ngoma, habamo impinduka mu miyoboerere, hakagira bimwe mu bikurwamo n’ibyongerwamo. Nyuma y’inkuru twabagejeho “Impamvu amwe mu mazina...
Bamwe mu bagore bafite ubumuga butandukanye bahagarariye abandi bo mu murenge wa Rutunga, Akarere ka Gasabo, barahabwa amasomo karishyabwenge ajyanye n’uburyo bakita ku miryango...
Amateka y’u Rwanda agaragaza ko abami bose b’u Rwanda bakomokaga mu muryango umwe wo mu bwoko bw’abanyiginya. Iyo umwami yatangaga yagombaga gusimburwa n’umuhungu we,...
Abantu bavuga ibitandukanye ku binyobwa byongera ingufu. Bamwe bavuga ko ari byiza ndetse ko bifasha umubiri, abandi babishinja ko byangiza ubuzima. Kugira ngo ubungabunge...
Abayobozi b’inzego z’ibanze bakora ibitandukanye n’inyungu z’umuturage babiremereza cyane bihanangirijwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, ubwo yasuraga Akarere ka Rwamagana, abasaba...
Yifashishije imbugankoranyambaga, umuhanzi w’Umunyarwanga ukoresha inganzo nyarwanda y’umushayayo, Ruremire Focus, ubu usigaye yibera muri Finland, yiyamye bikomeye umugore witwa Mukankiko Sylvie ufatanya na Padiri...
Ubwo hibukwaga abagore n’abana bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ku wa 20 Mata 2022, mu karere ka Rwamagana kuva ku wa 7 Mata 2022...
Nyuma y’umukino APR FC yabaye ikipe ya munani ibonye itike ya ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro, itsinze Amagaju ibitego 3-0 kuri Stade ya Kigali, mu mukino...