Amakuru
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko umubano w’u Rwanda na Vatikani ugeze ku ntera ishimishije, kubera ubushake bw’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko umubano w’u Rwanda na Vatikani ugeze ku ntera ishimishije, kubera ubushake bw’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi...
Korali Isezerano ni iy’Itorero rya ADEPR mu karere ka Nyamagabe, Paruwasi ya Sumba. Yatangiye umurimo w’ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo mu 1999, ifite abaririmbyi 10,...
Umukino wahuzaga Mukura VS na Kiyovu SC muri Stade ya Huye ku munsi wa mbere wa Shampiyona 2020/2021 mu mupira w’amaguru, wasojwe Mukura idashoboye...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) gifatanyije na Minisiteri y’Uburezi, ku wa 3 Ukuboza 2020, batangije gahunda yo kwita ku buzima bwo mu mutwe no...
Ikigurishwa: Inzu yo guturamoUPI: 1/02/09/01/700Tariki ya cyamunara: 11/12/2020Isaha ya cyamunara: saa tanu z’amanywa (11:00) Aho umutungo uherereye Akagari: BibareUmurenge: KimironkoAkarere: Gasabo
Kubera uburezi budaheza, amashuri menshi usangamo abana bafite ubumuga bigana n’abandi. Hifuzwa ko mu rwego rwo kwirinda kuvangura abana, abarimu bose bakwiye kwigishwa ururimi...
As Rwanda celebrates International Mining Day on December 04, 2020, the Rwanda Extractive Industry Workers’ Union (REWU) has requested Mining employers to provide contracts...
Abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye basabwe gutungira agatoki inzego z’ubutabera ahakigaragara abagihohotera n’abaheza abafite ubumuga.Hari mu mahugurwa Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu yageneye abanyamakuru ku bijyanye...
Abanyamakuru basabwa gufasha kugaragaza abahishira abahohotera abana b’abakobwa kugira ngo hakorwe ubuvugizi n’ababigizemo uruhare babahishira bahanwe. Ibi byagarutsweho mu kiganiro n’abanyamakuru cyo ku wa...
Mu busesenguzi bwakozwe kuri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta bwerekana ko mu Turere 14 habayeho intege nke mu kwishyura abaturage bakora muri VUP...
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yagaragaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7, NST1 hari byinshi byagezweho mu kuzamura ireme ry’ uburezi haharewe ku...
Huawei, a leading global ICT solutions provider, has today kicked off the one week seeds for the future training through online and live broadcast...
Abaturage bo mu karere ka Nyagatare bavuga ko gutera ibiti by’imigano ku nkengero z’umuvumba bizatuma uwo mugezi utongera kubatwarira ubutaka ndetse n’imyaka babaga barahinze...
Ikigurishwa: IsambuUPI: 5/01/14/03/1112Tariki ya cyamunara: 08/12/2020Isaha ya cyamunara: saa tanu z’amanywa (11:00) Aho umutungo uherereye Akagari: KabuyeUmurenge: RubonaAkarere: Rwamagana
Ubwo hashimirwaga abasoreshwa bitwaye neza mu byiciro bitandukanye, Minsitiri w’Intebe Dr Edouard NGIRENTE yagaragaje ko ingengo y’imari ya 2020/21 izibanda cyane ku gushyira mu...