Amakuru
Ahagana saa tanu z’ijoro ku wa mbere tariki ya 2 Werurwe 2020, mu kiyaga cya Kivu igice giherereye mu kagari ka Karambi, Umurenge wa...
Hi, what are you looking for?
Ahagana saa tanu z’ijoro ku wa mbere tariki ya 2 Werurwe 2020, mu kiyaga cya Kivu igice giherereye mu kagari ka Karambi, Umurenge wa...
Biturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage, ku wa mbere tariki ya 2 Werurwe 2020, habonetse mu rugo rw’umuturage uruganda rw’ikinyobwa cya Kambuca kitemewe mu Rwanda....
Bamwe mu bakozi ba Leta n’abo mu nzego z’abikorera barasaba ko icyemezo cyo kubakata 0.5 ku ijana ku mushahara hagamijwe kunganira ikigega cy’ubwisungane mu...
Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) iraburira abantu bose, by’umwihariko abatuye mu manegeka, kwitwararika muri ibi bihe by’imvura nyinshi kuko bashobora kwibasirwa n’ibiza. Irasaba kandi...
Mu irushanwa ry’Ubutwari 2020 ryahuje ibyiciro by’abagore n’iby’abagabo mu mukino wa Tennis, Uwamutsali w’imyaka 77 umaze imyaka 40 muri uyu mukino yigaragaje mu bagore...
Ikigurishwa: Ishuri Unique Academy TVET School; UPI: 2/07/08/04/4469; 2/07/08/04/4241; Itariki ya cyamunara: 11/03/2020; Isaha ya cyamunara: 11:00am na 11:30 am Aho umutungo uherereye Akagari: Remera; Umurenge: Nyamabuye; Akarere: Muhanga; Intara: Amajyepfo Telefoni wabarizaho: 0788307398
Ikigurishwa: Ibikoresho by’ishuri Unique Academy TVET School (Ibikoresho byo mu biro, ibitanda, intebe zo mu ishuri,…); Itariki ya cyamunara: 11/03/2020; Isaha ya cyamunara: 9:00am Aho umutungo uherereye...
Mu Rwanda kwitabira ubwishingizi bw’ibikorwa by’ubucuruzi biracyari hasi cyane ku buryo bitagera no kuri 3 ku ijana. Banki Nkuru y’u Rwanda isanga ibi ari...
Umugabo yakuye urumogi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aruhisha mu masogisi yambariraho inkweto, afatwa amaze kwambuka umupaka wa Gisenyi uhuza u Rwanda na...
Abagabo babiri bamenye ko hari umuturage ufite urubanza mu rukiko rw’ibanze rwa Ruhango, baramusanga bamubwira ko baziranye na Perezida w’urukiko, kugira ngo rero atsinde...
Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo gusuzuma abanyarwanda bose umwijima wo mu bwoko bwa C (Hepatite C), ndetse n’usanzwemo iyi ndwara akavurwa ku buntu....
Mu gihe Guverinoma y’u Rwanda ianganye n’uko abana bose bageze igihe cyo kwiga bagombye kuba bari mu ishuri, bamwe mu babyeyi batesha abana kwiga...
Icyorezo cya Koronavirusi (Coronavirus) nshya kiswe COVID-19, cyagaragaye mu gihugu cy’u Bushinwa ndetse kigenda gikwira vuba na vuba mu bindi bihugu, kubera urujya n’uruza...
Mu ijoro rya tariki ya 27 Gashyantare nibwo Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abakora irondo ry’umwuga bo mu kagari ka Gakoma, Umurenge wa Mamba mu...
Ku makuru yatanzwe n’abaturage mu ijoro rya tariki ya 27 Gashyantare 2020, Polisi ikorera mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko mu kagari...