Amakuru
Ikigo kigenga gicunga umutekano w’abantu n’ibintu -AGESPRO, kirashimirwa ko abakozi bacyo bakora kinyamwuga imirimo bashinzwe, byose bituruka ku kuba gifata iya mbere mu kubaha...
Hi, what are you looking for?
Ikigo kigenga gicunga umutekano w’abantu n’ibintu -AGESPRO, kirashimirwa ko abakozi bacyo bakora kinyamwuga imirimo bashinzwe, byose bituruka ku kuba gifata iya mbere mu kubaha...
Kuva muri Mutarama kugeza muri Kanama 2019, ni ukuvuga mu mezi umunani gusa, abantu bagera ku 1170 nibo bamaze gufatwa barengeje igipimo cya alukoro...
Mu bice bitandukanye by’igihugu, kuva tariki ya 20 kugeza tariki ya 22 Nzeri 2019, utubari tugera kuri 14 bene two cyangwa abashinzwe kuducunga barafashwe banarafungwa...
Abahagarariye urubyiruko baturutse mu turere twose tw’igihugu no mu mashuri, biteguye guhura n’abayobozi bakuru b’igihugu mu nzego zitandukanye, bungurana ibitekerezo no gusangira ubunararibonye mu...
Kuva mu 2011, u Rwanda rumaze kohereza abacungagereza 107 mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani, Sudani y’amajyepfo ndetse na Centrafrica. Ni muri urwo rwego,...
Abasore n’inkumi barengeje imyaka 18 y’amavuko batuye mu murenge wa Gikomero, bifuza ko bahabwa ikiciro cy’ubudehe kihariye, bityo ntibakomeze kubarirwa mu kiciro cy’ababyeyi babo....
Abantu batandatu batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda, ku wa 17 Nzeri 2019, bacukura amabuye y’agaciro mu mugezi witwa Rutamba, uherereye mu murenge...
Sosiyete izobereye mu bwubatsi bw’amazu agezweho yitwa Workers Affordable Properties (WAP) yatangije umushinga mugari wo kubaka inzu zigezweho kandi zihendutse ku buryo buri muntu...
Hashingiwe ku ifatira ryakozwe ku mitungo yimukanwa ya Mvukiye Felix, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatatu tariki ya 02/10/2019,...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare, ku wa 17 Nzeri 2019, yafatiye mu murenge wa Karangazi imodoka ebyiri zipakiye amabuye y’agaciro yo...
Mu minsi itatu gusa, kuva ku wa gatanu tariki ya 13 kugeza ku cyumweru tariki ya 15 Nzeri 2019, abashoferi 144 bafashwe batwaye ibinyabiziga...
Komisiyo y’igihugu y’amatora itangaza ko amatora y’abasenateri muri manda 2019-2024 yitabiriwe ku kigero cya 94 kw’ijana. Aba basenateri batowe hakurikijwe manda nshya yanditse mw’Itegeko...
Ku bufatanye n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA), abacuruzi b’ibyuma bikonjesha biyemeje kugabanya iyinjira ry’ibifite ibinyabutabire byangiza akayunguruzo k’imirasire y’izuba (Ozone); kugira ngo ikoreshwa...
Ku wa gatandatu tariki ya 14 Nzeri 2019, Niyonsaba Jean Pierre, mu murenge wa Nyakabuye yafatanywe amako y’imiti agera kuri 30 yacururizaga iwe mu...
Abanyabugeni bo mu murenge wa Gishamvu mu karere ka Huye, mu Ntara y’amajyepfo bavuga ko kutabasha kwicururiza ibyo bakora, bituma uruhare bagira mu kwimakaza...