Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP 0374/09/TGI/MHG, rwaciwe n’Urukiko Rwisunmbuye rwa Muhanga, urubanza rukaba rugomba kurangizwa ku gahato;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Kabiri tariki ya 03/12/2019, hazagurishwa muri cyamunara umutungo wa Sebagande Theogene na Nyiraneza Blandine, ugizwe n’inzu iri mu kibanza gifite UPI: 2/07/12/04/7627. Cyamunara izaba saa kenda z’igicamunsi (15h00) aho uwo mutungo uherereye, mu mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe, Akarere ka Muhanga, Intara y’Amajyepfo.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri Telefoni 0788307398.
Bikorewe i Kigali, ku wa 27/11/2019
Me Ndayobotse Silas
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Sé
