Amakuru
Polisi ihora iburira abantu kwirinda ibikorwa bikorerwa mu mazi mu buryo bunyuranyije n’amategeko irwanya ibikorwa byangiza inyamaswa zo mu mazi n’ishyirwa mu kaga ry’ubuzima...
Hi, what are you looking for?
Polisi ihora iburira abantu kwirinda ibikorwa bikorerwa mu mazi mu buryo bunyuranyije n’amategeko irwanya ibikorwa byangiza inyamaswa zo mu mazi n’ishyirwa mu kaga ry’ubuzima...
Polisi y’u Rwanda yashimiye Umurenge wa Kimironko wahize iyindi mu kwimakaza ubukangurambaga bw’isuku n’umutekano mu mujyi wa Kigali ku nshuro ya munani, uhabwa imodoka...
Abafite ubumuga bo mu murenge wa Busasamana ho mu karere ka Rubavu, bavuga ko bagize amahirwe yo kubona ishuri ry’imyuga mu murenge wabo, byafasha...
Pour faire face au commerce informel et ambulant dans le secteur administratif de Kinyinya, District de Gasabo, Ville de Kigali, la population locale a...
Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 1 Kanama 2019, hasakaye amakuru ko urujya n’uruza bisanzwe bigaragara ku mupaka wa Rubavu uhuza u...
Abanyamuryango bibumbiye muri Koperative ikora ubucuruzi bwambukiranya imipaka batwara imizigo ku magare, barataka ko batewe igihombo gikabije no kuba igihugu cy’abaturanyi cya Repubulika ya...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP0766/13/TGI/NGOMA, rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma ku wa 30/04/2014; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP0766/13/TGI/NGOMA, rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma ku wa 30/04/2014; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP0766/13/TGI/NGOMA, rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma ku wa 30/04/2014; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa...
Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 25 Nyakanga 2019, mu ishuri rikuru rya Polisi (NPC: National Police College) riherereye mu karere ka...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu rubanza RS/RECT/RCOMO1952/2017/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 07/12/2017 rukosora urubanza RCOM 01952/2017/TC/NYGE rwaciwe n’urukiko rw’ubucuruzi...
Mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 20-21 Nyakanga 2019, mu mukwabu wakozwe na Polisi y’u Rwanda, hafashwe moto zigera...
Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro yatangaje ko mu mihigo y’umwaka w’ingengo y’imari 2018-2019; ibimaze gushyirwa mu bikorwa biri ku kigero gishimishije kandi...
Abakobwa biga muri Kaminuza bagahitamo kugurana ubuzima bwabo amanota biyangiriza ejo habo hazaza n’ah’igihugu kuko iyo ageze hanze kw’isoko ry’umurimo nta musaruro atanga kuko...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’Urukiko mu rubanza RS/RECT/RCOM01952/2017/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 07/12/2017 rukosora urubanza RCOM/01952/2017/TC/NYGE, rwaciwe n’Urukiko...