AMATORA 2018
Bawe mu baturage bo mu karere ka Musanze, barasaba abadepite kuzirikana amagambo bababwiraga ubwo babasabaga amajwi mu gihe cyo kwiyamamaza, bakagaruka kuganira na bo...
Hi, what are you looking for?
Bawe mu baturage bo mu karere ka Musanze, barasaba abadepite kuzirikana amagambo bababwiraga ubwo babasabaga amajwi mu gihe cyo kwiyamamaza, bakagaruka kuganira na bo...
Abitabiriye amatora y’abahagarariye abagore mu nteko Ishinga amategeko, baributsa abo batumye kubahagararira mu nteko ishinga amategeko, kutajya kuba i Kigali gusa ahubwo bazajya bagaruka...
Ku wa Kabiri taliki ya 04 Nzeri 2018, Polisi y’ u Rwanda ifatanyije n’abaturage n’inzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Ngoma, Umurenge wa Kibungo,...
Polisi y’u Rwanda ivuga ko amatora uhereye ku byiciro byagiye biba bitandukanye kugeza ashojwe nta cyahungabanyije umutekano. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’igihugu y’amatora, Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije ariyo PDI, PDC, UDPR, PPC, PSP na PSR mu matora...
Bamwe mu baturage bo mu midugudu igize imirenge ya Rukira na Murama mu karere ka Ngoma mu ntara y’i Burasirazuba, bavuga ko bagorwa no...
Mu bitaro bya Ruhengeri biri mu karere ka Musanze, hari abarwayi n’abarwaza batabonye uko batora abadepite, abaganga n’abandi bakozi bo muri ibyo bitaro na...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, kimwe n’ahandi hose mu gihugu, abaturage bo mu karere ka Musanze babyukiye mu matora y’abadepite....
Kuri uyu mugoroba wo ku wa 2 Nzeri 2018, Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC) yatangaje ko Eugene Mussolini ari we watorewe guhagararira abafite ubumuga mu...
Uyu munsi ku wa 2 Nzeri 2018 mu gihugu hose ku biro by’uturere, Inteko itora y’abafite ubumuga yateraniye kuri buri karere, aho batoraga uzabahagararira...
Kuri uyu munsi tariki ya 1 Nzeri 2018, Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije yasabye abanyarwanda kubashigikira, kandi babizeyeho amajwi ijana ku...
Abakandida-Depite b’Umuryango FPR Inkotanyi basoje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Gasabo, mu murenge wa Gikomero, biha amahirwe 100 ku ijana yo gutsinda amatora...
Mu bikorwa byo gusoza kwiyayamaza byabereye mu Murenge wa Kimisagara ahazwi nko kuri ‘Maison de Jeunes’ ku wa 01 Nzeri 2018, abakandida batanzwe n’umuryango...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 1 Nzeri 2018, nk’uko biteganywa n’amabwiriza ya Komisiyo y’Igihugu y’amatora, ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage-PSD, ryasoje ibikorwa...
Ku munsi wa nyuma wo gusoza ibikorwa byo kwamamaza abakandida-Depite, ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza ryemereye abanyarwanda ko abakandida baryo nibagera mu nteko bazarushaho...