Amakuru
Ibikorwa by’abaganga ba gisirikare byahuje abasirikare b’u Rwanda n’aba Leta zunze ubumwe za Amerika mu rwego rw’ubufatanye bw’imyitozo ya Shared Accord 19, byasojwe hamaze...
Hi, what are you looking for?
Ibikorwa by’abaganga ba gisirikare byahuje abasirikare b’u Rwanda n’aba Leta zunze ubumwe za Amerika mu rwego rw’ubufatanye bw’imyitozo ya Shared Accord 19, byasojwe hamaze...
Abagore bakarere ka Burera barashinja abagabo babo kutabemerera kwitabira kuri gahunda yo kuboneza urubyaro, nubikoze ugasanga umugabo atabyumva neza aho ahitamo kumuca inyuma akamubyariraho...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, ku bufatanye n’abayobozi b’inzego z’ibanze, mu murenge wa Kigali, hatahuwe inzu...
“Umugore wubatse urugo cyangwa se umukobwa wishoye mu buraya ntashobora kwiteza imbere kuko atabona umwanya wo kwita ku muryango we no ku bituma ashobora...
Abaturage bo mu murenge wa Kisaro barasaba ko ibyiciro by’ubudehe byo mu cyaro byatandukanwa n’ibyo mu mugi kubera ko ubushobozi bw’imibereho yabo butandukanye. Kubera...
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye (UN) bwo kubungabunga amahoro n’umutekano muri Sudani y’Epfo, ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019,...
Imirenge igize Akarere ka Musanze uko ari 15 yose yahagurukiye urugamba rwo guhangana n’umwanda. Ni nyuma y’uko Intara yose inenzwe n’Umukuru w’igihugu ubwo aheruka...
Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kanama 2019, Polisi yerekanye abagabo babiri bakwaho gucura ibyangombwa byo gutwara ibinyabiziga, impamyabumenyi n’ibindi bitandukanye bakabigurisha abaturage. Polisi...
Umuvugizi wa ADEPR, Pasiteri Karuranga Ephrem, n’itsinda ayoboye ry’abantu bane kuva ku wa mbere tariki 12 kugeza ku wa 23 Kanama 2019 bari mu...
Mu kiganiro Waramutse Rwanda cyatambutse kuri Televiziyo y’u Rwanda mu gitondo cyo ku wa 19 Kanama 2019, kibanze ku mutekano wo mu muhanda, Umuvugizi...
Abaturage bo mu murenge wa Kisaro, akarere ka Rulindo bavuga ko kudasobanukirwa na gahunda y’ibyiciro by’ubudehe, ari byo byabateye gutanga amakuru atari yo, bituma...
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Muri...
Umuryango w’abantu umunani barimo abana batandatu bivugwa ko amateka yabasigaje inyuma, nyuma y’uko wari umaze igihe nta cumbi ufite, ku wa Gatanu tariki ya...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo RC 0041/2018/TB/NZG cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nzige; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP0766/13/TGI/NGOMA, rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma ku wa 30/04/2014; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatanu...