Amakuru
Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 25 Nyakanga 2019, mu ishuri rikuru rya Polisi (NPC: National Police College) riherereye mu karere ka...
Hi, what are you looking for?
Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 25 Nyakanga 2019, mu ishuri rikuru rya Polisi (NPC: National Police College) riherereye mu karere ka...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu rubanza RS/RECT/RCOMO1952/2017/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 07/12/2017 rukosora urubanza RCOM 01952/2017/TC/NYGE rwaciwe n’urukiko rw’ubucuruzi...
Mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 20-21 Nyakanga 2019, mu mukwabu wakozwe na Polisi y’u Rwanda, hafashwe moto zigera...
Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro yatangaje ko mu mihigo y’umwaka w’ingengo y’imari 2018-2019; ibimaze gushyirwa mu bikorwa biri ku kigero gishimishije kandi...
Abakobwa biga muri Kaminuza bagahitamo kugurana ubuzima bwabo amanota biyangiriza ejo habo hazaza n’ah’igihugu kuko iyo ageze hanze kw’isoko ry’umurimo nta musaruro atanga kuko...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’Urukiko mu rubanza RS/RECT/RCOM01952/2017/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 07/12/2017 rukosora urubanza RCOM/01952/2017/TC/NYGE, rwaciwe n’Urukiko...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza RCOM 00237/08/TB/KCY rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kacyiru ku wa 26/04/2009 n’urubanza RCA 0167/09/TGI/GSBO rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo ku...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza No RCOMA 0294/14/HCC rwaciwe n’Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 24/07/2014 n’urubanza No RCOM 1286/13/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi...
Kaminuza y’Ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB), yiyemeje umuhigo wo guhugura nibura abantu 2000 buri mwaka mu ikoranabuhanga, abo bakazaba ari abakiri ku ntebe y’ishuri ndetse...
Babikuye ku ndangagaciro yo kwishakamo ibisubizo, binyuze mu bitekerezo mu masibo, aborozi bo mu murenge wa Nkungu, Akarere ka Rusizi, bishyize hamwe batangira gahunda...
Itorero Inyamibwa ribyina imbyino za gakondo risusurutsa abashyitsi basuye Umurenge wa Bweyeye wo mu karere ka Rusizi, rigizwe n’ababyinnyi bagera kuri mirongo itandatu (60),...
Kugeza magingo aya mu Rwanda habarurwa amakoperative afite ubuzimagatozi agera ku 9,706 abarurwamo abanyamuryango basaga gato miliyoni eshanu (5,000,028). Ayo makoperative afite umutungo usaga...
Abaturage b’akarere ka Rwamgana ho ntara y’Iburasirazuba barishimira ibyo ubuyobozi bukomeje kubagezaho, bituma badasigara inyuma mu iterambere kimwe n’abandi banyarwanda. Ku wa gatatu tariki...
Ikibazo cya serivisi mbi itangwa ku rwego rw’akagari mu karere ka Nyagatare kubera ko ahenshi abakozi batuzuye kandi bagira inshingano nyinshi, kiza ku isonga...
«Ihuriro ni i Huro!» Uyu mugani umenyerewe cyane mu mateka y’u Rwanda ariko kandi si amarenga aka gace karahari. Huro ni akagari ko mu...