Amakuru
Umujyi wa Kigali uherutse gutangaza ko ugiye gutangira iyubahirizwa ry’Iteka rya Minisitiri ryo ku wa 10 Nyakanga 2024, ryerekeye gufatira ubutaka by’agateganyo no gusesa...
Hi, what are you looking for?
Umujyi wa Kigali uherutse gutangaza ko ugiye gutangira iyubahirizwa ry’Iteka rya Minisitiri ryo ku wa 10 Nyakanga 2024, ryerekeye gufatira ubutaka by’agateganyo no gusesa...
Ku wa 17 Nzeri 2024, Urukiko rw’Ubujurire rwari kumva Ubushinjacyaha icyo buvuga ku bwiregure bwa Jean Baptiste Mugimba wahamijwe ibyaba bya Jenoside yakorewe Abatutsi,...
Banki y’Isi ivuga ko kugira ngo u Rwanda rugere ku cyerekezo 2050 bisaba kuzamura ubumenyi bw’abantu bari mu kigero cyo gukora. Ibi bikubiye mu...
Umusaruro uturuka mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro woherezwa hanze y’igihugu, waragabanutse ku kigero 2%, mu gihembwe cya 2 cy’uyu mwaka wa 2024. Raporo y’Ikigo cy’Ibarurishamibare...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, yatangaje iby’agateganyo byavuye mu matora y’Abasenateri 12 batorwa n’inzego hakurikijwe inzego z’imitegekere y’Igihugu mu Ntara n’Umujyi wa Kigali. Ni amatora yabaye...
Panorama Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Bwana Olivier Kabera yasuye urugomero rw’amashanyarazi rurimo kubakwa rwa Nyabarongo II, asaba ko imirimo yo kurwubaka yihutishwa...
Umusaza Gasirabo muzi kera cyane nkiri umwana ndetse ni n’ubwo muheruka, aho yari atuye i Remera. Aho nkuriye yatangiye kunsura, agahengera nashyizwe iswa, akambaza...
Mu gihe cy’itangira ry’abanyeshuri Minisiteri y’Ubuzima yibukije ibigo by’amashuri ko bikwiye kubahiriza gushyiraho ingamba zigamije gukumira ikwirakwira ry’ubushita bw’inkende muri uyu umwaka mushya w’amashuri....
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) gitangaza ko mu mwaka ushize wa 2023, abantu 67 ari bo bahitanwe na Malaria mu gihugu hose. RBC ivuga ko...
The adoption of improved agricultural technologies and innovations is critical to enhancing livelihood of farmers. Developing digital solutions tailored to local needs and languages...
Mu Karere ka Nyamasheke, mu Ntara y’i Burengerazuba, ingo zirenga ibihumbi makumyabiri na bitandatu (26,000) zitari zifite amashanyarazi zigiye kuyahabwa mu rwego rwo kwihutisha...
Umusaza Gasirabo muzi kera cyane nkiri umwana ndetse ni n’ubwo muheruka, aho yari atuye i Remera. Aho nkuriye yatangiye kunsura, agahengera nashyizwe iswa, akambaza...
Dosiye ya Pasiteri Ntambara Felix wigeze kuba Umuyobozi wa ‘Asaph Music International’ yo muri ‘Zion Temple’ n’ubwo atakibarizwa muri iri torero, yagejejwe mu Bushinjacyaha....