Amakuru
Umwarimukazi witwa Irikujije Christine w’imyaka 26, wigishaga mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Kizito rwa Gikongoro, ruherereye mu Murenge wa Gasaka, Akarere ka Nyamagabe, yasanzwe...
Hi, what are you looking for?
Umwarimukazi witwa Irikujije Christine w’imyaka 26, wigishaga mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Kizito rwa Gikongoro, ruherereye mu Murenge wa Gasaka, Akarere ka Nyamagabe, yasanzwe...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhunde mu karere ka Burera witwa Didas Majyambere, ndetse n’Umuhuzabikorwa wa DASSO muri uwo murenge, Nshimiyimana Alexis, bari mu maboko...
Abakozi bagera kuri 800 bo mu bigo byigenga bicunga umutekano nibo batangiye guhugurwa ku kwakira neza ababagana, gusaka abantu n’imitwaro yabo, gusaka imodoka, gusuzuma...
Mu gitondo cyo ku wa 17 Gashyantare 2020, mu ma saa tatu, bubinyujije ku rubuga rwa Twitter, ubuyobozi bushinzwe igikorwa cya Miss Rwanda bwatangaje...
Muri iki gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2020, Polisi y’u Rwanda isohoye itangazo rivuga ko Umuhanzi Kizito Mihigo basanze yiyahuriye...
Abarwayi b’umutima basaga igihumbi ni bo bamaze igihe kirekire bategereje kubagwa indwara z’umutima bitewe n’ikibazo cy’ubuke bw’abaganga bavura umutima ku buryo bisaba abaganga b’inzobere baza...
Abaturage mu bice bitandukanye by’u Rwanda, basanga imyumvire yo kumva ko umwana wize imyuga n’ubumenyingiro, ari uko aba yabuze uko agira ikwiye kuranduka burundu....
Leta y’u Rwanda yongeye gusaba iya Uganda guhagarika ibikorwa byo gutera inkunga no gushyigikira imitwe y’iterabwoba igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda, ndetse igafatira ibihano...
Babinyujije ku rubuga rwa Titter, Urwego rw’Ubugenzacyaha -RIB, rwemeye ko rufite umuhanzi Kizito Mihigo, bakaba baramushyikirijwe n’Inzego z’umutekano ku wa 12 Gashyantare 2020. RIB...
Mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Rugabano, hari umusozi bahimbye izina rya ‘Saint Valentin’ kubera umusore wahatakarije ubuzima yagiye kugira icyo yimarira (gutera akabariro)...
Umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare buri mwaka. Uwo munsi urangwa n’uko abakundana bibuka urukundo rwabo basangira, basohokana cyane cyane bahana...
Abari abakozi barimo abarimu n’abakora iyindi mirimo bakoreraga ishuri rya Technology Education and Training Center (TETC), ryakoreraga mu karere ka Bugesera mu murenge wa...
Urwego rw’ubugenzacyaha, RIB, bukurikiranye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhunde mu Karere ka Burera witwa Didas Majyambere, ho icyaha cyo gufunga umuntu mu buryo bunyuranyije...
Tariki ya 12 Gashyantare 2020, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yamenyesheje Evode Uwizeyimana na Dr Isaac Munyakazi ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yemeye...
Mu gihe icyonnyi cy’inzige (Desert Locust) cyagaragaye muri bimwe mu bihugu byo mu karere u Rwanda ruherereyemo, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), irakangurira abaturarwanda kuba...