Amakuru
Perezida wa Repubulika Paul Kagame asanga uburezi bufite ireme by’umwihariko ubutangirwa mu mashuri yisumbuye bwafasha Afurika kugera ku burumbuke n’iterambere ryifuzwa. Ibi umukuru w’igihugu...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika Paul Kagame asanga uburezi bufite ireme by’umwihariko ubutangirwa mu mashuri yisumbuye bwafasha Afurika kugera ku burumbuke n’iterambere ryifuzwa. Ibi umukuru w’igihugu...
Mu gitondo cyo ku itariki 13 Kamana, mu Kagari ka Bugoyi, Umurenge wa Gisenyi ho mu Karere ka Rubavu; mu rugo rw’umuturage hafatiwe inzoga...
Mu nama yahuje abanyamakuru, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima_RBC, UNICEF n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima_WHO ndetse n’Inama y’Igihugu y’abna -NCC, kuri uyu wa 13 Kanama,...
Abaturage bo mu kagari ka Bwenda, Umurenge wa Kibumbwe mu karere ka Nyamagabe, bahangayicyishijwe bikomeye no kuba Poste de Sante ya Bwenda kuri ubu...
Mu gihe bamwe mu baturage bavuga ko gufungura amashuri cyaba ari kimwe mu bigaragza uko abantu bakwiye kwitoza kubana na koronavirusi,hari abandi bavuga ko...
Abanyenganda bo mu Rwanda barasaba inzego bireba kubafasha ibiciro by’amashanyarazi bigabanuka kuko ibiriho bihenze ndetse bakavuga ko bituma batabasha guhatana ku masoko mpuzamahanga n’ayo...
Mu karere ka Kamonyi hatangiye kugezwamo ibikorwa by’iterambere bitandukanye nk’inganda, imihanda ya kaburimbo n’amashuri. Ibyo bikorwa bikaba birimo gufasha guhangana n’ubushomeri. Akarere ka Kamonyi...
Bamwe mu Banyarwanda mu ngeri zinyuranye, baravuga ko imiyoborere myiza no gushyiraho gahunda z’iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza ari byo bituma icyizere cyo kubaho mu...
Bamwe mu rubyiruko rw’abakorerabushake ruri mu bikorwa byo gufasha abaturage gukumira icyorezo cya COVID-19 mu turere dutandukanye rurasaba ko hakongerwa ibikoresho rwifashisha muri aka...
Bamwe mu bakoresha imiti isukura intoki izwi nka “hand sanitizers” barakemanga ubuziranenge bw’imwe muri iyi miti icururizwa ku zuba bagakeka ko ishobora kubagiraho ingaruka....
Mu gihe buri wa gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama buri mwaka, abanyarwanda bizihiza umunsi w’umuganura. Abakuze bavuga ko gukomera kuri uyu muhango ari...
Bamwe mu bavuzi b’amenyo bize mu cyahoze ari Ishuri Rikuru ry’Ubuzima rya Kigali (KHI) barasaba ko inyito y’impamyabumenyi bahawe “Dental Therapy” yahinduka kuko ngo...
Abagore babarurirwa mu byiciro byihariye basaga 100 babarurirwa mu mujyi wa Kigali, basabwe kugira uruhare rukomeye mu kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19, babikangurira abo bana...
Abakurikirira hafi amateka y’Isi basanga nta muntu ugomba kwemera ko amateka y’igihugu cye asibangana kuko kuyatakaza bigira ingaruka mbi nyinshi ku bariho ubu ndetse...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu baravuga ko bamaze imyaka irenga irindwi batarabona ingurane y’imirima yabo bambuwe ikagurirwamo...