Amakuru
Ku wa 11 Nzeri 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru basuye inteko z’abaturage bo mu mirenge...
Hi, what are you looking for?
Ku wa 11 Nzeri 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru basuye inteko z’abaturage bo mu mirenge...
Urubyiruko ni imbaraga z’igihugu. Ni muri urwo rwego rusabwa ko nta byaha bikwiye gukorwa barebera kandi bagafatanya n’abandi kwishakamo ibisubizo aho guhora bateze ko...
Abatwara abagenzi ku mapikipiki, abamotari, bakunze kubita akazi ka “Munyurahato” kuko usanga banyura no mu kayira k’abanyamaguru. Bamwe ntibatinya kunyura ku byapa by’umuriro byabahagaritse,...
Ku bufatanye n’abaturage bo mu karere ka Nyanza, Polisi y’u Rwanda yashoboye gutahura inzoga zitemewe mu Rwanda, hamenwa litiro zigera hafi kuri Magana ane...
Urubyiruko rwo mu karere ka Nyagatare rwiganjemo abakorerabushake n’abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye, basabwe gutangira amakuru ku gihe ku bantu bakoresha ibiyobyabwenge ndetse n’abagira...
Kuba imyinshi mu miryango nyarwanda itari iya Leta iharanira Uburenganira bwa muntu idatanga raporo muri Komisiyo Nyafurika iharanira uburenganira bwa muntu (CADHP), bituma hari...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CGP Emmanuel K Gasana ku wa 8 Nzeri 2018, yasuye abapolisi b’u Rwanda bakora ibikorwa byo kubungabunga amahoro...
Polisi y’u Rwanda ivuga ko amatora uhereye ku byiciro byagiye biba bitandukanye kugeza ashojwe nta cyahungabanyije umutekano. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’igihugu y’amatora, Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije ariyo PDI, PDC, UDPR, PPC, PSP na PSR mu matora...
Mu bitaro bya Ruhengeri biri mu karere ka Musanze, hari abarwayi n’abarwaza batabonye uko batora abadepite, abaganga n’abandi bakozi bo muri ibyo bitaro na...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, kimwe n’ahandi hose mu gihugu, abaturage bo mu karere ka Musanze babyukiye mu matora y’abadepite....
Mu ijoro ryo ku itariki ya 29 Kanama 2018, nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare yafashe abagabo babiri bari bafite amabaro...
Kuva ku wa 28 kugera ku wa 30 Kanama 2018, u Rwanda rurakira inama Nyafurika iganira ku bijyanye n’uburyo bwo kugera ku mutungo ndangakamere...
Imyitwarire idahwitse ya bamwe mu bari abasirikare ituma byitirirwa abasezerewe mu gisirikare bose, nyamara kugira imyitwarire myiza ntawe byateye ibihombo. Ibi ni ibyagarutsweho na...
Urubyiruko rwibumbiye mu Ihuriro ry’Abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha ( RYVCP) rwasabwe kurushaho gukora nk’abikorera mu bikorwa bigamije kubungabunga umutekano n’imibereho myiza y’abaturage....