Amakuru
Mu nama y’umutekano yaguye y’Akarere ka Gatsibo yateranye ku wa 27 Ugushyingo 2018, abayobozi basabwe kurushaho kubungabunga umutekano mu gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka...
Hi, what are you looking for?
Mu nama y’umutekano yaguye y’Akarere ka Gatsibo yateranye ku wa 27 Ugushyingo 2018, abayobozi basabwe kurushaho kubungabunga umutekano mu gihe cy’iminsi mikuru isoza umwaka...
Ku wa 27 Ugushyingo 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana yasabye abacukura amabuye y’agaciro ya ‘Gasegereti’ mu murenge wa Mwurire, kwirinda...
Mu muhango wo gutangiza inama mpuzamahanga ku kwihutisha ingamba zo guca burundu inzara n’imirire mibi, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, yavuze ko kugira ngo...
Mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 25 Ugushyingo 2018, mu murenge wa Rwerere, akagari kitwa Gashoro, mu mudugudu wa Gashoro, hamenyekanye amakuru y’urupfu...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga ku bufatanbye n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), bafashe Ndagijimana Emmanuel ukekwaho kwiba amadorari y’amanyamerika ibihumbi 5500 ahwanye...
Ubukangurambaga bw’iminsi itatu bwakorewe abana 100 batewe inda batarageza ku myaka y’ubukure mu karere ka Ngororero, bwatumye kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2018, ababyeyi...
Ku wa 18 Ugushyingo 2018, Polisi ikorera mu karere ka Rubavu ifatanyije na Diyoseze Gaturika ya Nyundo baganirije urubyiruko rugera ku 3000, ku ruhare...
Ku wa kabiri tariki ya 20 Ugushyingo 2018 abana batandatu (6) bo muri gereza y’abana ya Nyagatare, batangiye gukora ibizamini bisoza ikiciro cya mbere...
The African Union Academy of Languages (ACALAN) Conference! Sunday 18, November 2018 in Kampala -Uganda at Speke resort ended an AU workshop on Harmonisation...
None ku wa Mbere, tariki ya 19 Ugushyingo 2018, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama y’Abaminisitiri...
Imibare igaragaza ko kuva muri Mutarama kugeza mu mpera z’Ukwakira 2018, abantu bagera kuri 437 bahitanywe n’impanuka, mu gihe abagera kuri 662 bakomeretse. Izi...
Ku bufatanye bw’inzego z’umutekano mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Matimba mu kagari ka Nyabwishongwezi, ku wa 17 Ugushyingo 2018, Polisi yafashe imodoka yo...
Abanyeshuri b’Abanyarwanda bagiriye urugendoshuri mu Bushinwa basogongejwe ku hazaza h’ikoranabuhangwa berekwa ubuhanga bugezweho bwa “5G network, Internet of Things (IOT) , Cloud computing, Big...
Mu mpera z’uku kwezi u Rwanda ruzakira Ihuriro rya mbere Nyafurika ku Bukungu Butangiza Ibidukikije, rizahuza abarenga igihumbi (1,000), barimo abashoramari, abashyiraho za Politiki...
Ubwo ibizamini bisoza amashuri abanza byatangiraga gukorwa mu gihugu hose, abana 12 bafungiye muri gereza y’abana ya Nyagatare barimo 10 b’igitsina gabo ndetse n’abandi...