Amakuru
Polisi y’Igihugu n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bavuga ko ibya abana bagaragaje ubwo bafataga ibendera ry’igihugo ngo ritagwa babifata nk’ibikorwa cyo gutanga ubuzima bwabo kubera...
Hi, what are you looking for?
Polisi y’Igihugu n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bavuga ko ibya abana bagaragaje ubwo bafataga ibendera ry’igihugo ngo ritagwa babifata nk’ibikorwa cyo gutanga ubuzima bwabo kubera...
Munezero Jeanne d’Arc Abaforomo n’ababyaza bagaragaza ko ikibazo cy’umushahara udahuye n’akazi bakora ndetse n’aho ibihe bigeze gikomeje kuba ingorabahizi. Iki kibazo gituma iyi serivisi...
Bamwe mu rubyiruko bavuga ko babangamirwa no kuba badahabwa umwanya uhagije mu gutegura ibibakorerwa, bakifuza ko aribo bakwiye guhabwa umwanya ufatika mu biganiro bigena...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari mu gihugu cya Latvia mu uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu. Muri uru ruzinduko azagirana ibiganiro bizabera mu muhezo na...
Umugenzuzi Mukuru w’Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry’Ihame ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagore n’Abagabo mu Iterambere ry’Igihugu (GMO), Ndine Umutoni Gatsinzi, avuga ko hakiri imbogamizi nyinshi zibuza...
Munezero Jeanne d’Arc Bamwe mu bahagarariye inzego zitandukanye zifite aho zihuriye no kurengera umwana, bavuga ko kuba hakiri abana bajya ku muhanda abandi bagasubirayo...
Rukundo Eroge Abaturage batuye mu turere umunani tugize Intara y’Amajyepfo, abasaga 22% ntibaragerwaho n’amazi meza. N’ubwo Intara y’Amajyepfo itangaza ko igeze ku kigero cya...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Nzeri 2024 yashyizeho abasenateri bane barimo na Dr. Usta Kaitesi wahoze ari...
Mu Rwanda hatangiye gutangwa urukingo rw’icyorezo cya Mpox, gikomeje guhangayikisha Isi by’umwihariko akarere k’ibiyaga bigari muri Afurika. Ni ibyatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ku wa...
Rukundo Eroge Abanyeshuri 266 basoje kwiga muri Kaminuza Gaturika y’u Rwanda (CUR) basabwe kuba inkingi y’iterambere ry’Igihugu mu byo berekejemo byose bahereye ku babegereye,...
Umujyi wa Kigali uherutse gutangaza ko ugiye gutangira iyubahirizwa ry’Iteka rya Minisitiri ryo ku wa 10 Nyakanga 2024, ryerekeye gufatira ubutaka by’agateganyo no gusesa...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, yatangaje iby’agateganyo byavuye mu matora y’Abasenateri 12 batorwa n’inzego hakurikijwe inzego z’imitegekere y’Igihugu mu Ntara n’Umujyi wa Kigali. Ni amatora yabaye...
Mu gihe cy’itangira ry’abanyeshuri Minisiteri y’Ubuzima yibukije ibigo by’amashuri ko bikwiye kubahiriza gushyiraho ingamba zigamije gukumira ikwirakwira ry’ubushita bw’inkende muri uyu umwaka mushya w’amashuri....
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) gitangaza ko mu mwaka ushize wa 2023, abantu 67 ari bo bahitanwe na Malaria mu gihugu hose. RBC ivuga ko...
Mu Karere ka Nyamasheke, mu Ntara y’i Burengerazuba, ingo zirenga ibihumbi makumyabiri na bitandatu (26,000) zitari zifite amashanyarazi zigiye kuyahabwa mu rwego rwo kwihutisha...