Amakuru
Mu gihe iterambere ry’isi rishingiye ahanini ku ikoranabuhanga n’itumanaho ryihuse, abahanga batandukanye b’Abanyarwanda bahuye baganira aho murandasi igeze igera ku Banyarwanda kugira ngo ibafashe...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe iterambere ry’isi rishingiye ahanini ku ikoranabuhanga n’itumanaho ryihuse, abahanga batandukanye b’Abanyarwanda bahuye baganira aho murandasi igeze igera ku Banyarwanda kugira ngo ibafashe...
Kwigisha yifashishije ikoranabuhanga ndetse no mu biganiro mpaka, byatumye Twizeyumukiza Jean de Dieu ahiga abandi barezi bigisha mu mashuri yigenga yo mu karere ka...
Hagamijwe guhangana na bimwe mu bibazo bituma serivisi z’ubuzima bw’umubyeyi n’umwana zidatangwa uko bikwiye, ku bufatanye na UNICEF, Leta y’u Rwanda yafashe ingamba zo...
Mu gihe mu muco w’abanyarwanda ndetse no mu ntambara zinyuranye zagiye zivugwa mu mateka cyaraziraga kwica abagore n’abana. Gasigwa Léopold Umwanditsi akaba n’umuyobozi wa...
Umuryango nyarwanda utari uwa Leta uharanira kubaka igihugu kigendera ku mategeko, CERULAR (Centre of Rule of Law in Rwanda), wamuritse ishusho igaragaza uburyo ihohoterwa...
Nyuma yo kwemererwa inkunga ya miliyoni 51 z’amafaranga y’u Rwanda, abahoze bacururiza mu muhanda biganjemo abagore binubira ko ayo mafaranga atarabageraho kuva muri Kamena...
Perezida Paul Kagame agaragaza ko n’ubwo ikoranabuhanga ariryo musemburo w’iterambere rya Afurika hakiri byinshi byo kunozwa, kuko usanga n’ahagera umurongo mugari wa internet hafi...
The Mobile Economy Sub-Saharan Africa 2022 report finds that closing the usage gap is crucial to realise the potential of mobile connectivity, while 5G activities...
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu kagari ka Gitaraga, mu murenge wa Masaka, mu karere ka Kicukiro, bishimira ko hari byinshi bagezeho harimo kubakira abana...
Impuzamiryango y’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu -CLADHO, ivuga ko ingengo y’imari igenerwa ibikorwa birebana n’uburenganzira bw’umwana idahagije, bityo bikaba byatuma iterambere ry’igihugu ridindira. Mu...
On Friday 21st October 2022, Rwanda Defense Force (RDF) graduated Basic Military Course at Basic Military Training Centre Nasho, after successfully completing 12 months...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) n’Inama y’igihugu y’abafite ubumuga mu Rwanda (NCPD) barashimira itorero “The Church of Jesus Christ of Latter-Day Saints”, ryiyemeje guha...
Ku bufatanye bwa The Friedrich-Ebert-Stiftung (FES) na The Economic Policy Research Network (EPRN), Umuhanga mu bukungu mpuzamahanga, Dr Andrew Mold, ahugura itsinda ry’abanyamakuru bibanda ku bukungu...
Iyi ntero yashimangiwe na Peacemaker Mbungiramihigo, Umukozi muri Minisiteri ifite Politiki y’itangazamakuru mu nshingano zayo, mu gihe hari ubushakashatsi bugaragaza ko hari intambwe yatewe...
The Government of Rwanda and the United Nations (UN) will celebrate the 60th anniversary of the country’s membership in the UN under the theme,...