Amakuru
Bamwe mu bakozi “Agents” batanga serivizi za MTN ku bakiriya bayo bazikeneye, cyane cyane ku bakorera mu mitaka iba iri hirya no hino ku...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu bakozi “Agents” batanga serivizi za MTN ku bakiriya bayo bazikeneye, cyane cyane ku bakorera mu mitaka iba iri hirya no hino ku...
Binyuze mu masezerano Kaminuza yigisha ubukererugendo, Ikoranabuhanga n’ubucuruzi (UTB) yagiranye n’ibigo bikomeye byo muri Qatar n’i Dubai, abize muri iyo Kaminuza babarirwa hagati ya...
Binyuze mu muryango Purpose Rwanda, Ikigo nyarwanda Ralex Logistics, cyunganira abacuruzi muri Gasutamo mu kwinjiza ibicuruzwa no kubyohereza hanze hifafashishijwe inzira zo ku butaka,...
Bamwe mu bacuruzi bato bakorera ubucuruzi bwabo mu isoko rya Gahanga, mu karere ka Kicukiro, basaba ko inkunga y’ikigega nzahurabukungu itangwa binyuze muri BDF...
Minisiteri y’uburezi yasabye abari mu burezi bose barimo abarimu n’abayobozi b’ibigo gufata urukingo rushimangira rwa COVID-19 mbere y’Itangira ry’igihembwe cya 2 cy’umwaka w’amashuri wa...
Minisiteri y’ubuzima itangaza ko igihe cyari cyarateganyijwe hagati y’Ifatwa ry’urukingo rwa 2 rwa COVID-19 n’urwa 3 rushimangira cyashyizwe ku mezi 3 gusa. Ubusanzwe inzego...
Umuyobozi w’Ishami ryo kurwanya no gukumira indwara muri Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima -RBC, Dr Tuyishime Albert, avuga ko ntawe ukwiye kugira impungenge ku rukingo rushimangira,...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC cyasabye Abanyarwanda gukaza ingamba zo kwirinda Covid19 ndetse no kwikingiza muri ibi bihe byegereza iminsi mikuru isoza umwaka. RBC ivuze...
Bamwe mu bahinzi n’aborozi bo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko bakomeje kurenganywa na zimwe muri Sosiyete zishingira amatungo n’imyaka; aho babasaba Leta kubarenganura. ...
Bamwe mu bafite ubumuga bagera ahakorerwa imirimo itandukanye, batangaza ko babasha kwibeshaho na bo, bahawe ubumenyi bw’inyongera hitabwa ku byo buri wese abasha, hashingiwe...
Bamwe mu babyeyi batishoboye bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko bagiterwa ipfunwe no kuba barabyaye abana bafite uburwayi bwo mu mutwe, bigera n’aho...
Leta y’u Rwanda iramara abanyarwanda impugenge ko badakwiye gutinya gufata urukingo rwa COVID-19 doze ya gatatu kuko ari urwongerera ubushobozi izatewe mbere, nk’uko n’izindi...
Ibyaha byiganjemo ibiyobyabwenge n’ubujura bikorwa cyane cyane n’urubyirko byatumye mu mezi atatu gusa imfungwa n’abagororwa biyongeraho abasaga 1300; Ubu bose hamwe bageze ku 72,799....
Bamwe mu babyeyi batwite n’abonsa bo mu karere ka Musanze bavuga ko batagifite impugenge zo kwikingiza COVID-19, kuko basobanukiwe ko batatsinda iki cyorezo batikingije....