Amakuru
Abana bahagarariye abandi mu karere ka Gasabo, basaba ko bakwiye kujya bahabwa ijambo mu gutanga ibitekerezo mu itegura ry’ingengo y’imari, kandi ijambo ryabo rikagira...
Hi, what are you looking for?
Abana bahagarariye abandi mu karere ka Gasabo, basaba ko bakwiye kujya bahabwa ijambo mu gutanga ibitekerezo mu itegura ry’ingengo y’imari, kandi ijambo ryabo rikagira...
Hashize imyaka 26 hibazwa uburyo imibiri igera ku 5000 y’abazizie Jenoside yakorewe abatutsi yajugunywe n’Interahamwe mu cyobo cya Kiziguro, yashyingurwa mu cyubahiro. Kuva ku...
Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwangiye Urayeneza Gerard wari umuyobozi w’Ibitaro bya Gitwe mu Karere ka Ruhango kuburanishirizwa aho akekwa ko yakoreye icyaha, kubera kwirinda...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yanenze abayobozi badakora ibiri mu nshingano zabo, kandi ubushobozi bwo kubikora butabuze, abereka ko ibyo bitazakomeza kwihanganirwa...
Ibihe by’imvura ni ibihe byiza ku bantu bose cyane cyane abahinzi n’aborozi, ariko kandi bishobora kuba ibihe bibi ku bakoresha umuhanda cyane cyane abatwara...
Polisi y’u Rwanda irasaba abaturarwanda kuba maso bakubahiriza amabwiriza muri ibi bihe by’imvura nyinshi kugira ngo batazagirwaho ingaruka n’iyi mvura biturutse ku biza biterwa...
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe wa Sena Dr Iyamuremye Augustin yasobanuriye Abanyamakuru uburyo, itangazamakuru na Sena bifite inshingano zo kuzamura ijwi ry’umuturage bityo bakaba...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gatsibo baracyafite imyumvire yo hasi ku byiciro bishya by’ubudehe ku buryo hari abatangiye kwihakana imiryango. Abaturage babanje...
Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki ya 24 Ukwakira 2020, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye mu murenge wa Tumba mu...
Abapolisi b’u Rwanda bo mu ishami rishinzwe kurwanya ubucuruzi bwa magendu bafashe batatu barimo umugabo n’abagore babiri, bafite amavuta ya magendu n’andi atemewe mu...
Komite y’Inzibacyuho y’itorero ADEPR yahagurukiye gushaka umuti urambye w’ibibazo bimaze iminsi bivugwa muri iri torero. Kimwe mu bizifashishwa harimo gukora ubugenzuzi (Audit) mu byiciro...
Abaturage bo mu kagari ka Buringo, Umurenge wa Bugeshi, Akarere ka Rubavu, bavuga ko bakora ibirometero biri hagati ya bitanu na birindwi bajya gushaka...
Ku wa Kane tariki ya 22 Ukwakira 2020, hirya no hino mu gihugu, hatangijwe igikorwa cy’igerageza ryo gufasha abaturage kwishyira mu byiciro bishya by’Ubudehe...
Iyo uri mu Mujyi wa Kigali uva cyangwa ujya i Nyabugogo, biragoye ko wagera aho ujya utumvise bavuga kwa Rasta. Ni ahantu hamamaye kubera...
LIKE NYERERE! “Prayer is not a spare wheel you pull out when in trouble but a steering wheel that directs the right path throughout life”,...