Amakuru
Hailemariam Desalegn wahoze ari Minisitri w’Intebe wa Ethiopia ubu akaba ari Umuyobozi w’inama y’Ubutegetsi y’Ihuriro Nyafurika ku Iterambere ry’ubuhinzi (AGRA), arashima imbaraga u Rwanda...
Hi, what are you looking for?
Hailemariam Desalegn wahoze ari Minisitri w’Intebe wa Ethiopia ubu akaba ari Umuyobozi w’inama y’Ubutegetsi y’Ihuriro Nyafurika ku Iterambere ry’ubuhinzi (AGRA), arashima imbaraga u Rwanda...
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ibihugu bikoresha icyongereza “Commonwealth” bemeje ko bazahurira mu Rwanda mu nama izaba tariki 21 Kamena 2021. Itangazo ryasohowe n’Ubunyamabanga bw’uyu...
U Rwanda rwakiriye inkunga y’ibikoresho 1650 byifashishwa mu buzima bifite agaciro k’amadorali y’Amerika 50,000 asaga miliyoni 47 z’amafaranga y’u Rwanda, rwagenewe na Guverinoma y’igihugu...
Nyuma y’aho hakwirakwijwe amafoto n’amakuru avuga ko Nsengimana Aimable, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busogo mu karere ka Musanze, bivugwa ko yafashe umuzamu wo ku...
Bamwe mu bahinzi bo mu Karere ka Karongi batejwe imbere n’igihingwa ngengabukungu cya Makadamiya (Macadamia) gikorwamo Shokola (chocolate), ibisuguti (biscuit) n’ibindi. Bavuga ko nubwo...
Ibinyujije muri Caritas Rwanda, Inama y’Abepisikopi mu Butaliyani mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 22 Nzeri 2020 yashyikirije Leta y’u Rwanda ibikoresho...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yateguye amahugurwa ku rubyiruko kugira ngo babashe kwihangira imirimo, muri ibi bihe bya COVID-19. Iyi gahunda yiswe, Generation Unlimited Youth...
Mu gice cya mbere cy’ubuhake mu Rwanda rwo hambere twabajejeho ibijyanye twabagejejeho n’icyo ubuhake ari cyo ndetse n’uko umuntu yashoboraga kuremera undi cyangwa akamunyaga....
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) bavuze ko imicungire mibi ikomeje kurangwa mu kigo gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n’isukura, WASAC,...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko uburyo isi ihura n’imbogamizi zitandukanye hakenewe imikoranire n’ubufatanye bihamye hagati y’ibihugu. Ibi yabitangaje ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’ibindi...
Imiryango iharanira amahoro mu Rwanda iravuga ko urubyiruko rukwiye gutozwa indagagaciro zo kwimakaza umuco w’amahoro kandi ibiganiro bigatezwa imbere mu nzego zose hagamijwe kubaka...
Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Rwesero, Umurenge wa Kagano barinubira imikorere itanoze y’ ivuriro ry’ibanze (Poste de Santé) rya Gitaba bagasaba ko...
Komisiyo y’Inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) ntiyanyuzwe n’ibisobanuro byatanzwe na BDF ku mikoreshereze y’umutungo, isaba ko iki kigo cyazagaruka...
Mu nzego bwite za Leta hakozwe amavugurwa y’umurimo, ku buryo tariki ya 01 Ukwakira 2020 abakozi ba Leta bazatangira gushyirwa mu myanya hashingiwe ku...
Mu nama y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe yo ku wa 15 Nzeri 2020, yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga, yahuje abahanga n’inzobere mu by’indimi n’umuco, yanzuye ko...