Amakuru
Umuryango CDE Rwanda (Center for Development and Enterprises) watangije umushinga ugamije gufasha abagore na guverinoma kugabanya imikorere y’ubucuruzi butemewe, cyane cyane gucururiza ku mihanda....
Hi, what are you looking for?
Umuryango CDE Rwanda (Center for Development and Enterprises) watangije umushinga ugamije gufasha abagore na guverinoma kugabanya imikorere y’ubucuruzi butemewe, cyane cyane gucururiza ku mihanda....
Abakora mu bijyanye n’indwara zitandura bavuga ko siporo ari umuti ikaba n’urukingo rw’indwara z’umutima bityo abantu bakwiye gukora ibishoboka byose bakirinda izo ndwara zikomeje...
Ku wa Gatanu, tariki ya 25 Nzeri 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME....
“Conservation, tourism, and community development go hand in hand. Each reinforces the other,” President Paul Kagame in the, for the first time, virtual ceremony...
U Bubiligi bwahaye u Rwanda inkunga y’imodoka zitwara indembe “Imbangukiragutabara” 40 zizifashishwa mu bikorwa by’ubuvuzi. Zizahabwa ibitaro bitandukanye byo hirya no hino mu gihugu, ...
Hailemariam Desalegn wahoze ari Minisitri w’Intebe wa Ethiopia ubu akaba ari Umuyobozi w’inama y’Ubutegetsi y’Ihuriro Nyafurika ku Iterambere ry’ubuhinzi (AGRA), arashima imbaraga u Rwanda...
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ibihugu bikoresha icyongereza “Commonwealth” bemeje ko bazahurira mu Rwanda mu nama izaba tariki 21 Kamena 2021. Itangazo ryasohowe n’Ubunyamabanga bw’uyu...
U Rwanda rwakiriye inkunga y’ibikoresho 1650 byifashishwa mu buzima bifite agaciro k’amadorali y’Amerika 50,000 asaga miliyoni 47 z’amafaranga y’u Rwanda, rwagenewe na Guverinoma y’igihugu...
Nyuma y’aho hakwirakwijwe amafoto n’amakuru avuga ko Nsengimana Aimable, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busogo mu karere ka Musanze, bivugwa ko yafashe umuzamu wo ku...
Bamwe mu bahinzi bo mu Karere ka Karongi batejwe imbere n’igihingwa ngengabukungu cya Makadamiya (Macadamia) gikorwamo Shokola (chocolate), ibisuguti (biscuit) n’ibindi. Bavuga ko nubwo...
Ibinyujije muri Caritas Rwanda, Inama y’Abepisikopi mu Butaliyani mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 22 Nzeri 2020 yashyikirije Leta y’u Rwanda ibikoresho...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yateguye amahugurwa ku rubyiruko kugira ngo babashe kwihangira imirimo, muri ibi bihe bya COVID-19. Iyi gahunda yiswe, Generation Unlimited Youth...
Mu gice cya mbere cy’ubuhake mu Rwanda rwo hambere twabajejeho ibijyanye twabagejejeho n’icyo ubuhake ari cyo ndetse n’uko umuntu yashoboraga kuremera undi cyangwa akamunyaga....
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) bavuze ko imicungire mibi ikomeje kurangwa mu kigo gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n’isukura, WASAC,...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko uburyo isi ihura n’imbogamizi zitandukanye hakenewe imikoranire n’ubufatanye bihamye hagati y’ibihugu. Ibi yabitangaje ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’ibindi...