Amakuru
Nyuma yo gutahuka bavuye mu mashyamba ya Repubulika ya demokarasi ya Congo (DRC), abagabo bakajyanwa i Mutobo, na ho imiryango yabo ikajyanwa mu nkambi...
Hi, what are you looking for?
Nyuma yo gutahuka bavuye mu mashyamba ya Repubulika ya demokarasi ya Congo (DRC), abagabo bakajyanwa i Mutobo, na ho imiryango yabo ikajyanwa mu nkambi...
Mu nama nyunguranabitekerezo izamara iminsi ibiri iteraniye i Kigali, kuva ku wa 17 Mutarama 2019, Ubushinjacyaha bukuru bwagaragaje icyaha cya ruswa nk’ikiri kw’isonga mu...
Abaturage bo mu mudugudu wa Kibare, mu kagari ka Nsinda, Umurenge wa Muhazi mu karere ka Rwamagana, barasaba ubuyobozi gukura mu kaga umukecuru witwa...
Ku wa Gatatu tariki ya 16 Mutarama 2019, abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano, basuye abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda bungurana ibitekerezo...
Kugira ngo umutekano w’abantu n’ibyabo urusheho kugenda neza, Polisi y’u Rwanda yashyizeho ishami rikoresha imbwa rizwi ku izina rya “Canine Brigade”. Izi mbwa zikaba...
Abagore batuye mu murenge wa Kimihurura barasabwa kwitinyuka buri wese akikuramo imyumvire ko yatera imbere ari uko akoresheje amafaranga menshi, ahubwo bakumva ko umuntu...
Rwanda Inspiration Back Up itegura iri rushanwa yatangaje ko guhera mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, abazatorwa nk’ibisonga bya Nyampinga w’u Rwanda, nabo...
Ibitaro bya Gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe, byatoranyijwe ngo bijye bihugura abaganga bavura ubusembwa bw’umubiri mu izina ry’Ishuri rikuru ryigisha kubaga ry’Umuryango uhuza...
Ubuyobozi bukuru bwa ADEPR burashinjwa na bamwe mu bakirisito kubayoboza igitugu, gucecekesha abashaka kugaragaza akarengane kagirirwa bamwe mu bashumba n’abakirisito, ndetse no kwirukana abo...
Itsinda ry’abadepite batangiye uruzinduko mu karere ka Ngoma ku wa Gatatu tariki ya 9 Mutarama 2019. Mu bibazo byagaragajwe n’ubuyobozi bw’akarere, harimo ikibazo cy’idindira...
Umuryango utegamiye kuri Leta uharanira uburenganzira bwa muntu, MPDEH (People’s Movement for Human Right Education) uratangaza ko abana bakomeje kugaragara mu mirimo ivunanye yo...
Ubwo Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangaga ikiganiro mu ihuriro nyunguranabitekerezo ry’abayobozi b’inzego z’ibanze riteraniye i Nyamata mu karere ka Bugesera, mu gihe cy’iminsi...
Bishatsemo ubushobozi ababyeyi bo mu murenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo, ku wa 5 Mutarama 2019, begeranyije abana bose baba abo mu miryango yishoboye...
Mwiseneza Josiane ukomeje gutungurana mu marushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda 2019, akaba yaranikiye bagenzi be mu matora yakozwe hifashishijwe imbuga nkoranyambaga, ndetse ubu akaba...
Ku wa kane tariki ya 03 Mutarama 2019 abantu 9 bo mu murenge wa Rusebeya mu karere ka Rutsiro, bakoraga ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro...