Amakuru
Ba Nyampinya 37 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Mutarama 2019, hataratoranywamo 20 bazahatana ku munota wa nyuma bagatoranywamo Miss Rwanda 2019, mu...
Hi, what are you looking for?
Ba Nyampinya 37 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Mutarama 2019, hataratoranywamo 20 bazahatana ku munota wa nyuma bagatoranywamo Miss Rwanda 2019, mu...
Abakobwa bose uko ari 37 batsinze mu ntara zose ubu bameze neza, kandi biteguye kuvamo 20 ba mbere bazakomeza muri Boot Camp. Ijonjora rya...
Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiziguro yafashe abagabo babiri, barimo umupfumu, bakurikiranyweho gushuka umugore bakamwambura amafaranga y’u Rwanda angana na...
Abana bafungiye muri Gereza ya Nyagatare bitabiriye ibizamini bisoza amashuri abanza n’ikiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, bagaragaje ko bakurikiye neza amasomo yabo ku buryo...
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Muri...
Ingabo z’u Rwanda zibinyujije mu Bitaro bikuru bya Gisirikare by’i Kanombe, zizatangiza muri Mutarama 2019 ikigo gishya kizafasha kuvura kanseri mu buryo bwihariye (oncology)...
Impamvu: Gutabaza Nyakubahwa Perezida, Mbere ya byose ndabanza kubifuriza umwaka mushya muhire wa 2019 tugiye gutangira, uzababere uw’ amahoro n’iterambere nk’uko mukunze kubyigisha. Iyi...
Mu gihe hari abanga kwitabira gahunda yo kuboneza urubyaro bitwaje imyemerere ishingiye ku matorero basengeramo, umujyanama w’ubuzima witwa Mihito Amiel, usengera muri ADEPR, atanga...
Ku gicamunsi cyo ku wa 22 Ukuboza 2018, Ikipe ya Mukura VS yanditse amateka aho isezereye ikipe yo muri Sudani, Al Hilal SC Al...
Ku wa 21 Ukuboza 2018, Igisirikare cy’u Rwanda cyungutse ingabo nshya z’umutwe wihariye (Special Operations Force), nyuma y’amezi cumi na kumwe zihabwa imyitozo yihariye...
Bishyize hamwe ari bane, Caline, Adda, Regis na Laissa mu rwego rwo kwihangira umurimo, bashinze ikigo CARL Group gitunganya umusaruro uvuye mu bijumba, bakora...
Mu Rwanda hatangijwe uburyo bushya bwo kwipima SIDA bwiswe ‘ORAQUICK Hiv Self-Test’ aho ukoza agakoresho ku shinya ukamenya niba uri muzima cyangwa waranduye. Ushaka...
Abibumbuye mu rugaga nyarwanda rw’abanduye virusi itera SIDA (RRP+), bishimira kuba barashoboye kwishyira hamwe ariko kandi bakanishimira kuba bafite ikizere cyo kubaho igihe kirekire...
Uburyo bwo kwinjiza gahunda zo kuboneza imbyaro mu kiciro cy’ingimbi n’abangavu, cyavugishije abatari bake ubwo Minisitiri w’Intebe yasobanuriraga abasenateri ko ari kimwe mu byafasha...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Ukuboza 2018, Ikipe ya Manchester United yashyize hanze ubutumwa bugenewe itangazamakuru, igaragaza ko yamaze...