Amakuru
Ibitaro bya Gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe, byatoranyijwe ngo bijye bihugura abaganga bavura ubusembwa bw’umubiri mu izina ry’Ishuri rikuru ryigisha kubaga ry’Umuryango uhuza...
Hi, what are you looking for?
Ibitaro bya Gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe, byatoranyijwe ngo bijye bihugura abaganga bavura ubusembwa bw’umubiri mu izina ry’Ishuri rikuru ryigisha kubaga ry’Umuryango uhuza...
Ubuyobozi bukuru bwa ADEPR burashinjwa na bamwe mu bakirisito kubayoboza igitugu, gucecekesha abashaka kugaragaza akarengane kagirirwa bamwe mu bashumba n’abakirisito, ndetse no kwirukana abo...
Itsinda ry’abadepite batangiye uruzinduko mu karere ka Ngoma ku wa Gatatu tariki ya 9 Mutarama 2019. Mu bibazo byagaragajwe n’ubuyobozi bw’akarere, harimo ikibazo cy’idindira...
Umuryango utegamiye kuri Leta uharanira uburenganzira bwa muntu, MPDEH (People’s Movement for Human Right Education) uratangaza ko abana bakomeje kugaragara mu mirimo ivunanye yo...
Ubwo Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangaga ikiganiro mu ihuriro nyunguranabitekerezo ry’abayobozi b’inzego z’ibanze riteraniye i Nyamata mu karere ka Bugesera, mu gihe cy’iminsi...
Bishatsemo ubushobozi ababyeyi bo mu murenge wa Kimihurura, Akarere ka Gasabo, ku wa 5 Mutarama 2019, begeranyije abana bose baba abo mu miryango yishoboye...
Mwiseneza Josiane ukomeje gutungurana mu marushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda 2019, akaba yaranikiye bagenzi be mu matora yakozwe hifashishijwe imbuga nkoranyambaga, ndetse ubu akaba...
Ku wa kane tariki ya 03 Mutarama 2019 abantu 9 bo mu murenge wa Rusebeya mu karere ka Rutsiro, bakoraga ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro...
Ku wa kane tariki ya 03 Mutarama 2019, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali ku bufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze mu karere ka...
Ba Nyampinya 37 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Mutarama 2019, hataratoranywamo 20 bazahatana ku munota wa nyuma bagatoranywamo Miss Rwanda 2019, mu...
Abakobwa bose uko ari 37 batsinze mu ntara zose ubu bameze neza, kandi biteguye kuvamo 20 ba mbere bazakomeza muri Boot Camp. Ijonjora rya...
Polisi ikorera mu karere ka Gatsibo mu murenge wa Kiziguro yafashe abagabo babiri, barimo umupfumu, bakurikiranyweho gushuka umugore bakamwambura amafaranga y’u Rwanda angana na...
Abana bafungiye muri Gereza ya Nyagatare bitabiriye ibizamini bisoza amashuri abanza n’ikiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye, bagaragaje ko bakurikiye neza amasomo yabo ku buryo...
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Muri...
Ingabo z’u Rwanda zibinyujije mu Bitaro bikuru bya Gisirikare by’i Kanombe, zizatangiza muri Mutarama 2019 ikigo gishya kizafasha kuvura kanseri mu buryo bwihariye (oncology)...