Amakuru
Umwiherero urabera mu Ishuri rya Gisirikare rya Gabiro, mu Karere ka Gatsibo, guhera tariki ya 8 kugeza ku ya 12 Werurwe 2019. Uyu mwaka,...
Hi, what are you looking for?
Umwiherero urabera mu Ishuri rya Gisirikare rya Gabiro, mu Karere ka Gatsibo, guhera tariki ya 8 kugeza ku ya 12 Werurwe 2019. Uyu mwaka,...
Abatuye i Ngarama mu karere ka Gatsibo, bishimiye itangizwa ry’imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Nyagatare –Rukomo. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa kane...
Umuryango Transparancy Internation Rwanda (TIR) usaba abaca imanza z’abakekwaho kunyereza umutungo wa Leta, kugira ubushishozi ku bihano bihabwa abahamwe n’icyo cyaha kuko iyo babahaye...
Ku gicamunsi cyo ku wa kabiri tariki ya 26 Gashyantare 2019, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru umugore n’umugabo bakekwaho gucuruza urumogi bakanarukwirakwiza mu bantu...
Kubera ubufatanye buzira amakemwa hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Buyapani nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, imishinga ibiri yashoboye gufasha kongerera ubushobozi...
Ikibazo k’ibikorwaremezo birimo imihanda ifasha abaturage idatunganye ndetse n’abatunganya ifu y’imyumbati itujuje ubuziranenge ni bimwe mu mbogamizi zituma uruganda rutunganya ifu y’imyumbati rutagera ku...
Nyuma y’uko abadepite bakoze ingendo hirya no hino mu gihugu baganira n’abaturage ku bibazo bibugarije, bigakorwa mu rwego rwo kugenzura imikorere ya Guverinoma, ubu...
Umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi mu Rwanda, umaze kurenga imipaka kandi umusaruro wabyo urakunzwe ku isoko mpuzamahanga. Abahinzi-borozi bavuga ko gukoresha ikoranabuhanga bizarushaho kubagurira...
Gufata amazi yo ku nyubako, gukoma bimwe mu bishanga, kurwanya isuri no kongera gutunganya amazi yakoreshejwe ni ibikorwa byashyizwemo ingufu mu kubungabunga amazi. Ibi...
Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda ni Perezida wa Repubulika nk’uko biteganywa mu ngingo ya 108 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda. Umugaba Mukuru w’ingabo...
Hagendewe ku itegeko No 75/2018 ryo ku wa 07/09/2018 rigena inkomoko y’imari n’umutungo by’inzego y’Igihugu z’imitegekere zegerejwe abaturage, inyubako n’ubutaka by’amadini n’amatorero bitegetswe kwishyura...
Mu kiganiro n’Itangazamakuru cyo ku wa 12 Gashyantare 2019; Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko cyageze ku ntego cyihaye mu gukusanya imisoro n’amahoro...
Ku wa mbere tariki ya 11 Gashyantare 2019, mu gutaha ikigo abagenzi bategeramo imodoka cya Rwamagana, byatangajwe ko ibikorwa byayo bizarangira itwaye amafaranga y’u...
Paruwasi ya Kiyovu, imwe mu maparuwasi makuru y’Itorero ry’Abaperesibiteriyani mu Rwanda (EPR), iravugwamo imiyoborere igonganisha abakirisito ndetse n’imicungire mibi ishingiye ku kunyereza ibya Paruwasi....
Ku gicamunsi cyo ku wa 05 Gashyantare 2019, ubwo Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Mufulukye Fred, ari kumwe n’abandi bayobozi ku rwego rw’intara basuraga abaturage bo...