Amakuru
Kuva muri Kanama 2018 kugeza muri Mutarama 2019, abantu 108 bahamijwe icyaha cya ruswa n’Urwego rw’Umuvunyi. Mu batangajwe amazina kw’isonga haza ab’igitsina gabo, mirongo...
Hi, what are you looking for?
Kuva muri Kanama 2018 kugeza muri Mutarama 2019, abantu 108 bahamijwe icyaha cya ruswa n’Urwego rw’Umuvunyi. Mu batangajwe amazina kw’isonga haza ab’igitsina gabo, mirongo...
Ikigo k’igihugu gishinzwe kwita ku bidukikije (REMA) cyakoresheje amarushanwa y’umupira w’amaguru mu turere dukora ku ishyamba rya Mukura na Gishwati, hagamijwe gukangurira urubyiruko kugira...
Abaturage ba Tare, umwe mu Mirenge igize Akarere ka Nyamagabe, bifuza ko bahugurwa ku burenganzira bw’abafite ubumuga mu muryango Nyarwanda hagamijwe kubitaho bikwiye. Mu...
Abenshi mu bagore bo mu miryango igaragara ko yasigaye inyuma kubera amateka, bakora umwuga w’ububumbyi. Bavuga ko bifuza kureka uyu mwuga kuko utunguka, ariko...
Abayobozi 19 b’amatsinda y’abapolisi bari mu butumwa bwa LONI bugamije kubungabunga amahoro muri Afurika, baravuga ko guhurira mu mwiherero bitanga amahirwe adasanzwe yo kwigira...
Bamwe mu bayoboke b’Itorero rya ADEPR mu Rwanda barashinja itorero ryabo kubambura amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari 80 yagiye yikuba ku migabane yabo iri...
Ku cyumweru tariki ya 19 Gicurasi 2019, imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi isaga ibihumbi mirongo ine (40,000) bo mu murenge wa Rukumberi irimo iyakuwe...
Gusura ingo muri gahunda ya “Gira ubuzima”, byafashije abajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Rwamagana kumenya ahari ibibazo by’isuku nke n’ahari abana bafite ikibazo...
Imvura yaguye ku wa Gatanu tariki ya 10 Gicurasi 2019, yangije umuhanda uhuza umurenge wa Nyakabuye n’uwa Butare yo mu karere ka Rusizi, utwara...
Abarezi n’abanyeshuri bo muri GS Umucyo Karengera, baravuga ko guhuza amasomo n’umuco w’ubutore byabafashije guhinduka mu mitekerereze. Gutsindwa byabaye kirazira, ishuri ryabaye Isibo iyoborwa...
Ubwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasuraga abaturage bo mu karere ka Burera, ku wa 8 Gicurasi 2019, umuturage wo mu karere...
Sebera Edouard M. uherutse gushyira hanze igitabo yise “Bari mu nzozi zitagira kirotora”, igitabo cyanditswe muri Nyakanga 2018, yongeye kwandika ikindi yise “Ingoma ntizisa...
Nta terambere rirambye ryabaho igihe cyose imirimo idahari, n’imirimo ihari igomba kunozwa no gutanga umusaruro, umurimo ugakorwa neza kandi uwukora akabona igihembo gikwiye, umukozi...
Abakomoka mu karere ka Gakenke bakorera hanze yako bibumbiye muri Diaspora Gakenke, bikoze ku mufuka bakusanyije inkunga y’ibiribwa bifite agaciro k’ibihumbi bigera kuri 600,...
Buri mwaka nibura abana bagera ku bihumbi magana atatu na mirongo itandatu (360,000), bakomoka mu bihugu bitatu bya Afurika, bazahabwa urukingo rwa mbere rwo...