Amakuru
Abahagarariye urubyiruko baturutse mu turere twose tw’igihugu no mu mashuri, biteguye guhura n’abayobozi bakuru b’igihugu mu nzego zitandukanye, bungurana ibitekerezo no gusangira ubunararibonye mu...
Hi, what are you looking for?
Abahagarariye urubyiruko baturutse mu turere twose tw’igihugu no mu mashuri, biteguye guhura n’abayobozi bakuru b’igihugu mu nzego zitandukanye, bungurana ibitekerezo no gusangira ubunararibonye mu...
Abantu batandatu batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda, ku wa 17 Nzeri 2019, bacukura amabuye y’agaciro mu mugezi witwa Rutamba, uherereye mu murenge...
Sosiyete izobereye mu bwubatsi bw’amazu agezweho yitwa Workers Affordable Properties (WAP) yatangije umushinga mugari wo kubaka inzu zigezweho kandi zihendutse ku buryo buri muntu...
Mu minsi itatu gusa, kuva ku wa gatanu tariki ya 13 kugeza ku cyumweru tariki ya 15 Nzeri 2019, abashoferi 144 bafashwe batwaye ibinyabiziga...
Komisiyo y’igihugu y’amatora itangaza ko amatora y’abasenateri muri manda 2019-2024 yitabiriwe ku kigero cya 94 kw’ijana. Aba basenateri batowe hakurikijwe manda nshya yanditse mw’Itegeko...
Ku bufatanye n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA), abacuruzi b’ibyuma bikonjesha biyemeje kugabanya iyinjira ry’ibifite ibinyabutabire byangiza akayunguruzo k’imirasire y’izuba (Ozone); kugira ngo ikoreshwa...
Bamwe mu baturage bafite imitungo mu nkengero za Pariki ya Gishwati-Mukura bavuga ko ingurane bahawe y’amatungo magufi n’amaremare idahwanye n’imitungo bahafite. Aba baturage biganjemo...
Ubuyobozi bw’Ingoro Ndangamurage y’amateka n’imibereho y’Abanyarwanda butangaza ko 70 kw’ijana by’abayisura ari Abanyarwanda. Ariko bamwe mu baturage batuye mu karere ka Huye iherereyemo, bavuga...
Binyuze mu masomo y’ubumenyi-ngiro ashingiye ku bumenyi n’ubushobozi umwana yifitemo, abanyeshuri bo mu mashuri abanza, ayisumbuye n’amakuru bakomeje kugaragaza udushya mu gushaka bimwe mu...
Mu mikino y’amajonjora yo guhatanira kujya mu gikombe cy’Isi 2022 kizabera muri Qatar, mu mukino ubanza u Rwanda rutsindiye Seychelles iwayo ibitego 3-0. Iyi...
Amakuru akwirakwira ku mbugankoranyambaga agaragaza ko urutonde rw’abakinnyi 18 b’ikipe y’u Rwanda rwatangajwe n’umutoza w’Umupira w’amaguru, rutariho Kapiteni wayo Haruna Niyonzima kubera ibyangombwa byagaragaye...
Ubuyobozi bw’Ikigo k’igihugu cy’ubuzima, RBC, butangaza ko mu Rwanda gahunda yo kuboneza urubyaro igenda neza, kuko umubare w’abana ku muryango ugenda ugabanyuka, kuko mu...
Mu kwizihiza iminsi ijana itorera ry’Abadivantisiti b’Umunsi waw a Karindwi rimaze rigeze mu Rwanda, Abizera baryo bakoze umuganda rusange ngarukakwezi mu kagari ka Rugando,...
Mu rwego rwo kwikemurira ibibazo, abatuye Umudugudu wa Gasasa, Akagari ka Rugando, Umurenge wa Kimihurura mu karere ka Gasabo, bishatsemo ubushobozi batangira kwiyubakira imihanda...
Umyobozi w’Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Ndabereye Augustin, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Kanama 2019, yatawe muri...