Abantu
Umuco w’umuntu ni yo ndangagaciro ye. Nk’uko ntakidapfa kandi byose bihinduka, hari ibigenda bihinduka mu buzima bw’umuntu kubera imibereho n’impinduka z’ibihe ndetse n’ibigezweho, ariko...
Hi, what are you looking for?
Umuco w’umuntu ni yo ndangagaciro ye. Nk’uko ntakidapfa kandi byose bihinduka, hari ibigenda bihinduka mu buzima bw’umuntu kubera imibereho n’impinduka z’ibihe ndetse n’ibigezweho, ariko...
Ikibazo k’imyumvire y’abaturage mu karere ka Burera ku birebana no gutegura indyo yuzuye ku bana no ku mubyeyi utwite byatumye abana bagera kuri 42,9...
Abagore bakarere ka Burera barashinja abagabo babo kutabemerera kwitabira kuri gahunda yo kuboneza urubyaro, nubikoze ugasanga umugabo atabyumva neza aho ahitamo kumuca inyuma akamubyariraho...
“Umugore wubatse urugo cyangwa se umukobwa wishoye mu buraya ntashobora kwiteza imbere kuko atabona umwanya wo kwita ku muryango we no ku bituma ashobora...
Imirenge igize Akarere ka Musanze uko ari 15 yose yahagurukiye urugamba rwo guhangana n’umwanda. Ni nyuma y’uko Intara yose inenzwe n’Umukuru w’igihugu ubwo aheruka...
Umuvugizi wa ADEPR, Pasiteri Karuranga Ephrem, n’itsinda ayoboye ry’abantu bane kuva ku wa mbere tariki 12 kugeza ku wa 23 Kanama 2019 bari mu...
Mu gice cya mbere cy’Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda, N° 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018, twabagejejeho ibigengwa n’iri tegeko ndetse n’ibisobanuro by’amagambo akoreshwamo. Muri...
Umuryango w’abantu umunani barimo abana batandatu bivugwa ko amateka yabasigaje inyuma, nyuma y’uko wari umaze igihe nta cumbi ufite, ku wa Gatanu tariki ya...
Ku wa Gatatu tariki ya 14 Kanama 2019, i Butaro mu karere ka Burera hatashywe inzu izafasha abivuza indwara za kanseri ndetse n’abarwaza kubona...
Abaturiye ishyamba rya leta ryitiriwe umushinga wa GBK (Gishwati-Butare-Kigali), mu murenge wa Burega, mu karere ka Rulindo, mu ntara y’Amajyaruguru; babangamiwe n’inkende ziva muri...
Ni mu nama yahuje Urugaga rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda (CESTRAR), abakozi n’abakoresha ndetse n’urugaga rw’abikorera (PSF) ku wa 07-08 Kanama 2019; aho bafatanyije kuvugurura...
Gahunda mbonezamikurire y’abana bato (NECDP) bafatanije na Hinga Weze hamwe na UNICEF basobanura ko umugore agomba konsa umwana mw’isaha ya mbere akimara kubyara kugira...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean Florent Ibenge, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Kanama 2019, yatangaje...
Ku wa 6 Kanama 2019, Minisitiri w’Ubuzima w’agateganyo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (DRC), Bwana Pierre Kangudia aherekejwe n’abandi bakorana, ku butumire bwa...
Kuri uyu wa kane Kanama 2019, ku kibuga k’indege mpuzamahanga cya Kigali, hasesekaye itsinda ry’abapolisi 140 bavuye mu butumwa bw’amaoro muri Haïti, bayobowe n’umuyobozi...