Inkuru nyamukuru
Bamwe mu bahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyaruhogo mu karere ka Rwamagana bavuga ko umuceri beza ujyanwa mu nganda za kure aho batazi mu...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu bahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyaruhogo mu karere ka Rwamagana bavuga ko umuceri beza ujyanwa mu nganda za kure aho batazi mu...
Ni ku kiyaga cya Mirayi. Urasanga umurima munini urimo, ku mutwe wawo, urutoki rutoshye cyane cyane nk’aho ari mu mvura yo mukwezi kwa kane....
Mu gihe byari igisubizo ku iterambere no kuva mu bwigunge byabo, ubwato butwara abagenzi na Hoteli bubakiwe ku Nkombo bisa n’ibyahombeye abahavuka. Ubwato ntibukora,...
Ikorwa ry’umuhanda nubwo risiga rifashije abaturage mu migenderanire myiza kubera ibikorwa remezo byizewe kandi bihamye biba byakozwe ariko kandi risiga n’ibibazo. Muri Nyamasheke, bamwe...
Indwara ya Kirabiranya yafashe urutoki mu karere ka Rwamagana yateje abahinzi n’akarere igihombo gikomeye, ku buryo ibitoki bigera ku masoko byagabanyutse cyane ndetse na...
Hari abajya bakurikirana imikino yo gukirana irimo abasore bafite amaboko n’ibituza bidasanzwe bakibaza ko ari amashusho y’amahimbano cyangwa ari abantu baremwe bidasanzwe. Siko biri...
Ku wa kabiri tariki ya 20 Ugushyingo 2018 abana batandatu (6) bo muri gereza y’abana ya Nyagatare, batangiye gukora ibizamini bisoza ikiciro cya mbere...
None ku wa Mbere, tariki ya 19 Ugushyingo 2018, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama y’Abaminisitiri...
Imibare igaragaza ko kuva muri Mutarama kugeza mu mpera z’Ukwakira 2018, abantu bagera kuri 437 bahitanywe n’impanuka, mu gihe abagera kuri 662 bakomeretse. Izi...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rishyira ku mwanya wa munani (8) impanuka zo mu muhanda mu bitera imfu nyinshi, kuko ku mwaka...
Abanyeshuri b’Abanyarwanda bagiriye urugendoshuri mu Bushinwa basogongejwe ku hazaza h’ikoranabuhangwa berekwa ubuhanga bugezweho bwa “5G network, Internet of Things (IOT) , Cloud computing, Big...
Ubwo ibizamini bisoza amashuri abanza byatangiraga gukorwa mu gihugu hose, abana 12 bafungiye muri gereza y’abana ya Nyagatare barimo 10 b’igitsina gabo ndetse n’abandi...
Abafite ubumuga bukomatanyije bwo kutumva no kutabona bavuga ko bugarijwe n’urusobe rw’ibibazo ariko inzego zibahagarariye zo zikavuga ko kugira ngo ibyo bibazo bishobore kubonerwa...
ndetse n’Umutekano, ku wa 08 Ugushyingo 2018, bagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda. Ni ibiganiro byabereye ku kicaro gikuru cya Polisi y’u...
Abanyeshuri umunani b’abanyarwanda biga ikorana buhanga bari mu rugendoshuri mu bushinwa bishimiye amahirwe bahawe yo kwiga umuco w’abashinwa n’ururimi rwabo, banashishikariza abandi banyarwanda kumenya...