Abantu
Pam Rwanda ikomeje urugamba rwo guhindura imyumvire n’imitekerereze y’abanyarwanda n’abanyafurika muri rusange, Diaspora na yo yiyemeje kudasigara inyuma kuri ibyo byiza. Mu rwego rwo...
Hi, what are you looking for?
Pam Rwanda ikomeje urugamba rwo guhindura imyumvire n’imitekerereze y’abanyarwanda n’abanyafurika muri rusange, Diaspora na yo yiyemeje kudasigara inyuma kuri ibyo byiza. Mu rwego rwo...
Abantu basaga magana inani (800) kuri iki cyumweru tariki ya 23 Nzeri 2018, baritabira Inama Nkuru ya kabiri y’Umuryango Uharanira Kwigira no Kwihesha Agaciro...
CSP Hubert Gashagaza wari mu kiruhuko cy’izabukuru, muri iki gitondo cyo ku wa 18 Nzeri 2018, hasakaye inkuru ko yitabye Imana bivugwa ko yishwe,...
Binyuze muri UNIK Association, hitezwe imbaraga zo kuzamura ubushobozi ndetse n’ireme ry’uburezi muri Kaminuza ya Kibungo –UNIK, abayizemo ndetse n’abakozi bahabwa umwanya wo kuba...
Abakobwa bo mu murenge wa Gitoki, Akarere ka Gatsibo, bahitamo guhishira ababatera inda kugira ngo badahomba indezo. Aba bakobwa bemeza ko aho kugira ngo...
None ku wa Gatanu, tariki ya 14 Nzeri 2018, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Iyo unyuze hirya no hino mu mavuriro usanga abaganga b’inzobere atari benshi. Iyo bigeze ku bakurikirana abagore usanga umubare wabo ari muto cyane, ariko...
Ikipe y’umupira w’amaguru (Mini-football) yo mu karere ka Gatsibo, Gatsibo Football Academy, yegukanye igikombe na sheki ya miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda, mu irushanwa...
Kuba imyinshi mu miryango nyarwanda itari iya Leta iharanira Uburenganira bwa muntu idatanga raporo muri Komisiyo Nyafurika iharanira uburenganira bwa muntu (CADHP), bituma hari...
Bawe mu baturage bo mu karere ka Musanze, barasaba abadepite kuzirikana amagambo bababwiraga ubwo babasabaga amajwi mu gihe cyo kwiyamamaza, bakagaruka kuganira na bo...
Abitabiriye amatora y’abahagarariye abagore mu nteko Ishinga amategeko, baributsa abo batumye kubahagararira mu nteko ishinga amategeko, kutajya kuba i Kigali gusa ahubwo bazajya bagaruka...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’igihugu y’amatora, Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije ariyo PDI, PDC, UDPR, PPC, PSP na PSR mu matora...
Bamwe mu baturage bo mu midugudu igize imirenge ya Rukira na Murama mu karere ka Ngoma mu ntara y’i Burasirazuba, bavuga ko bagorwa no...
Mu bitaro bya Ruhengeri biri mu karere ka Musanze, hari abarwayi n’abarwaza batabonye uko batora abadepite, abaganga n’abandi bakozi bo muri ibyo bitaro na...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 3 Nzeri 2018, kimwe n’ahandi hose mu gihugu, abaturage bo mu karere ka Musanze babyukiye mu matora y’abadepite....