AMATORA 2018
Komisiyo y’Igihugu y’amatora –NEC, itangaza ko mu rwego rwo gufasha abari kwa muganga mu bihe by’amatora, hateganyijwe ibiro by’itora bishya bizashyirwa ku bitaro hirya...
Hi, what are you looking for?
Komisiyo y’Igihugu y’amatora –NEC, itangaza ko mu rwego rwo gufasha abari kwa muganga mu bihe by’amatora, hateganyijwe ibiro by’itora bishya bizashyirwa ku bitaro hirya...
Mu bikorwa byo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge mu gihugu, Polisi yo mu Mujyi wa Kigali ku makuru yatanzwe n’abaturage, yafatanye umusore witwa Dushimimana Gratien...
Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD) ryijeje abatuye Akarere ka Gatsibo ko impeshyi itazongera kuba imbogamizi mu buhinzi bw’umuceri bakora, kuko nibayitora, amazi yo...
Nibyari bisanzwe ko umwari w’imyaka makumyabiri n’ibiri yagira icyerekezo cyo guhatana mu bagore bashaka kwinjira mu nteko ishinga amategeko. Ariko biturutse ku cyizere yifitemo...
Mu nkengero z’umugi wa Gisenyi mu mudugu wa Gafuku, akagari ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Kanama 2018,...
Ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage PSD, ubwo ryiyamamarizaga mu karere ka Rubavu ku wa 18 Kanama 2018, ryasabye abaturage gukomeza gushyira imbaraga...
NIMERO YA 5 KU RUTONDE RW’ABAKANDIDA BAZATORWA MU BAGORE INTARA Y’IBURASIRAZUBA IRIBAGIZA LYDIE afite imyaka 39, arubatse, n’uwo bubakanye Imana yabahaye abana bane....
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’imibereho Myiza y’Abaturage –PSD, rivuga ko guhuza igenzamigambi ry’ubuhinzi n’ubworozi bituma hari kimwe kiburira mu kindi cyane cyane ko ubworozi usanga...
Ibikorwa by’iterambere bigaragara hirya no hino mu karere ka Gasabo n’ahandi hose mu gihugu, kugira igihugu kigendera ku mategeko n’imiyoborere myiza nibyo shingiro ryo...
Abanyamuryango ba FPR–Inkotanyi mu karere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba biyemeje gukomeza guteza imbere abahatuye bashyigikira abakandida depite ba FPR n’indi mitwe ya politike...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage –PSD, urugendo rwo guhatanira kujya mu nteko ishinga amategeko ku myanya 53, barutangiriye mu karere ka Ngoma ku...
Hatangizwa ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite ba FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije, ku wa 13 Kanama 2018, mu karere ka Rulindo, Umurenge...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 13 Kanama 2018, Umuryango FPR Inkotanyi n’imitwe ya Politiki bifatanyije ariyo PDI, PDC, UDPR, PPC, PSP...
The 20-year-old Rwandan won the final classement of the 10th edition of the Tour du Rwanda, the last leg of which went to the...
Ni ibyaganiriweho ku wa gatatu tariki ya 8 Kanama 2018 ubwo hasozwaga amahugurwa y’iminsi ibiri yabereye mu karere ka Muhanga, yagenewe Abajyanama mu nama...