Hi, what are you looking for?
“Ibyo nakoze byose kandi nagezeho mbikesha umutekano nahawe na FPR Inkotanyi.” Ubu ni bumwe mu buhamya bwatanzwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25...
Bamwe mu baturage batuye mu turere twa Rulindo na Gicumbi basaba ko abanyapolitiki biyamamariza kujya mu nteko ishinga amategeko bakwiye kubaha igisubizo kirambye mu...
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage, PSD, rivuga ko abaturage nibarigirira icyizere rikabona imyanya mu Nteko Ishinga Amategeko, rizaharanira ko hazashyirwaho banki iteza imbere...
Muri iki gihe hirya no hino mu gihugu hakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kujya mu nteko ishinga Amategeko, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora itangaza ko nta muyobozi...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora –NEC, itangaza ko mu rwego rwo gufasha abari kwa muganga mu bihe by’amatora, hateganyijwe ibiro by’itora bishya bizashyirwa ku bitaro hirya...
Mu bikorwa byo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge mu gihugu, Polisi yo mu Mujyi wa Kigali ku makuru yatanzwe n’abaturage, yafatanye umusore witwa Dushimimana Gratien...
Ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD) ryijeje abatuye Akarere ka Gatsibo ko impeshyi itazongera kuba imbogamizi mu buhinzi bw’umuceri bakora, kuko nibayitora, amazi yo...
Nibyari bisanzwe ko umwari w’imyaka makumyabiri n’ibiri yagira icyerekezo cyo guhatana mu bagore bashaka kwinjira mu nteko ishinga amategeko. Ariko biturutse ku cyizere yifitemo...
Mu nkengero z’umugi wa Gisenyi mu mudugu wa Gafuku, akagari ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Kanama 2018,...
Ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage PSD, ubwo ryiyamamarizaga mu karere ka Rubavu ku wa 18 Kanama 2018, ryasabye abaturage gukomeza gushyira imbaraga...
NIMERO YA 5 KU RUTONDE RW’ABAKANDIDA BAZATORWA MU BAGORE INTARA Y’IBURASIRAZUBA IRIBAGIZA LYDIE afite imyaka 39, arubatse, n’uwo bubakanye Imana yabahaye abana bane....
Ishyaka Riharanira Demokarasi n’imibereho Myiza y’Abaturage –PSD, rivuga ko guhuza igenzamigambi ry’ubuhinzi n’ubworozi bituma hari kimwe kiburira mu kindi cyane cyane ko ubworozi usanga...
Ibikorwa by’iterambere bigaragara hirya no hino mu karere ka Gasabo n’ahandi hose mu gihugu, kugira igihugu kigendera ku mategeko n’imiyoborere myiza nibyo shingiro ryo...
Abanyamuryango ba FPR–Inkotanyi mu karere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba biyemeje gukomeza guteza imbere abahatuye bashyigikira abakandida depite ba FPR n’indi mitwe ya politike...